24.7 C
Africa
Dinsdag, April 28, 2026
HomeIyobokamanaUmupfumu Salongo yaroze Padiri kugirango amutize Kiliziya yo gusezeraniramo? Abapadiri baramukeneye. Video

Umupfumu Salongo yaroze Padiri kugirango amutize Kiliziya yo gusezeraniramo? Abapadiri baramukeneye. Video

Date:

Related stories

Naje kubera umubabaro” – Musaza w’imyaka 82 mu myigaragambyo y’Abanyamulenge i Washington DC

Impunzi z’Abanyamulenge zituye muri United States zazindukiye mu rugendo...

Ndayishimiye yahakanye ibyavuzwe ku nkongi ya Camp Base, avuga ko atari amashanyarazi yahatwitse

Perezida w’u Burundi Évariste Ndayishimiye yahakanye amakuru yari yatangajwe...

Ndayishimiye yavuze ko ashobora kujya i Kigali ariko u Burundi bugakomeza gufunga umupaka n’u Rwanda

Perezida w’u Burundi Évariste Ndayishimiye, kuri ubu unayoboye African...
spot_imgspot_img
Afrovera Advertisement

Mu mezi yashize Umupfumu Salongo yakoze ubukwe asezerana imbere y’Imana n’Amategeko. 

Ubukwe bwe bwatangaje benshi bitewe n’uburyo bwari buteguye ndetse no kuba bwarabereye mu Kiliziya kandi benshi bari baziko atajya mu kiliziya. 

Kuba bwarabereye mu Kiliziya ntibitangaje cyane, ahubwo igitangaje ni uko bwabereye mu kiliziya ariko agasezeranywa n’umupasiteri wo mu badiventiste. 

Umupfumu Salongo avuga ko ubundi yabanje gushaka gusezeranywa na padiri ariko Kiliziya ikamusaba ko agomba kubanza kubatizwa. Salongo icyo gihe yavuze ko kuri we kubatizwa ari ikizira. 

Salongo nyuma yaje gutereta padiri amutiza Kiliziya yo gusezeranuramo nubwo yasezeranyijwe n’umudiventiste. 

Ibyo byatumye abantu benshi batangira gushinja Salongo kuba yararoze padiri bigatuma amutiza Kiliziya akayikoreramo ubukwe. 

Ati ” ntakuntu Salongo yaba atararoze padiri kuko ubundi ntibibaho ko mu Kiliziya hari undi muntu ukoreramo imihango uretse padiri gusa cyangwa undi muntu ubifite ububasha. Ariko kuba yarasezeranyijwe n’umupasiteri kandi atabyemerewe muri kiliziya, ni ibindi bindi”. 

Umupfumu Salongo akomeza kubyamaganira kure avuga ko atamuroze ahubwo ko aba padiri n’aba pastor bamukunda kuko nabo bajya bamucyenera.

Reba Video unyuze hano hasi:

Umupfumu Salongo ati “‘Abapadiri barankeneye, Abapasiteri barankeneye”. Ubusanzwe, n’ubwo Salongo yiyita umupfumu, asanzwe ari umuyoboke… | Instagram

Afrovera Advertisement

Latest stories

spot_img

LEAVE A REPLY

Please enter your comment!
Please enter your name here