29.4 C
Africa
Woensdag, April 22, 2026
HomePolitikeUmuryango w’ubukungu wa SADC waba ugiye gukura ingabo za wo muri Repubulika...

Umuryango w’ubukungu wa SADC waba ugiye gukura ingabo za wo muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo?

Date:

Related stories

Naje kubera umubabaro” – Musaza w’imyaka 82 mu myigaragambyo y’Abanyamulenge i Washington DC

Impunzi z’Abanyamulenge zituye muri United States zazindukiye mu rugendo...

Ndayishimiye yahakanye ibyavuzwe ku nkongi ya Camp Base, avuga ko atari amashanyarazi yahatwitse

Perezida w’u Burundi Évariste Ndayishimiye yahakanye amakuru yari yatangajwe...

Ndayishimiye yavuze ko ashobora kujya i Kigali ariko u Burundi bugakomeza gufunga umupaka n’u Rwanda

Perezida w’u Burundi Évariste Ndayishimiye, kuri ubu unayoboye African...
spot_imgspot_img
Afrovera Advertisement

Mu kiganiro n’abanyamakuru giherutse kubera i Kigali kuwa mbere, Perezida Kagame yavuze ko atari kumarana amasaha, we na Perezida wa Afurika y’Epfo Cylire Ramafoza , ngo bareke kuganira ku makimbirane yo muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo. 

Perezida Kagame yagize ati: “Ndumva twaragize ikiganiro cyiza, twumvise neza uko ibintu byifashe, kandi birashoboka ko haba n’inzira nziza twafatanya mu gukemura ikibazo. Naranyuzwe.” 

Mbere yo kuva mu Rwanda, Perezida Ramaphosa yabwiye abanyamakuru ko ahavanye “imbaraga n’ubushake bushya” bwo gushaka “igisubizo cya politike” kuri iyi ntambara. 

Abakurikiranira hafi ibya politike yo muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo basanga igihe kigeze ngo M23 na Guverinoma ya Felix Tshisekedi bajye ku meza y’ibiganiro. 

Aha rero niho abasesenguzi basanga ingabo z’umuryango wa SADC zishobora guhita zisubira mu bihugu byazo. 

Afrovera Advertisement

Latest stories

spot_img

LEAVE A REPLY

Please enter your comment!
Please enter your name here