24.2 C
Africa
Woensdag, April 22, 2026
HomeAmakuruUSA: Perezida Biden yahaye umuburo Iran wo kudatera Israel

USA: Perezida Biden yahaye umuburo Iran wo kudatera Israel

Date:

Related stories

Naje kubera umubabaro” – Musaza w’imyaka 82 mu myigaragambyo y’Abanyamulenge i Washington DC

Impunzi z’Abanyamulenge zituye muri United States zazindukiye mu rugendo...

Ndayishimiye yahakanye ibyavuzwe ku nkongi ya Camp Base, avuga ko atari amashanyarazi yahatwitse

Perezida w’u Burundi Évariste Ndayishimiye yahakanye amakuru yari yatangajwe...

Ndayishimiye yavuze ko ashobora kujya i Kigali ariko u Burundi bugakomeza gufunga umupaka n’u Rwanda

Perezida w’u Burundi Évariste Ndayishimiye, kuri ubu unayoboye African...
spot_imgspot_img
Afrovera Advertisement

Joe Biden; Perezida wa Leta zunze ubumwe za America, yasabye Iran kudatera Israel nyuma y’uko bikomeje kuvugwa ko intambara ishobora kurota.

Biden yavuze ko yiteguye ko Iran yatera Israel “mu gihe cya vuba gishoboka”, kubera ko bikomeje gusakubwa ko Iran yakwihorera ku gitero cy’indege cyahitanye abasirikare bayo bakuru muri Syria.

Israel ntiyigeze yigamba icyo gitero cyagabwe kuri Ambasade ya Iran muri Syria, cyakora benshi bakeka ko ari Israel yakigabye. Abayobozi bo muri America babwiye CBS News, ko igitero kuri Israel cyegereje.

Israel ivuga ko yiteguye kwirwanaho haba ari uburyo bwo kuburizamo igitero cyangwa nay o kugaba ibitero. Perezida Joe yaburiye Iran kutagaba icyo gitero.

Ati “Musigeho. Twiyemeje kurinda umutekano wa Israel. Tuzafasha Israel. Tuzafasha Israel kwirwanaho, ntabwo Iran izatsinda.”

Afrovera Advertisement

Latest stories

spot_img

LEAVE A REPLY

Please enter your comment!
Please enter your name here