37.4 C
Africa
Dinsdag, April 21, 2026
HomeUbutaberaUmusore ukekwaho kwica se yamuciyemo ibice akamujugunya mu bwiherero yapfuye azira ibyo...

Umusore ukekwaho kwica se yamuciyemo ibice akamujugunya mu bwiherero yapfuye azira ibyo yashatse gukorera abapolisi

Date:

Related stories

Naje kubera umubabaro” – Musaza w’imyaka 82 mu myigaragambyo y’Abanyamulenge i Washington DC

Impunzi z’Abanyamulenge zituye muri United States zazindukiye mu rugendo...

Ndayishimiye yahakanye ibyavuzwe ku nkongi ya Camp Base, avuga ko atari amashanyarazi yahatwitse

Perezida w’u Burundi Évariste Ndayishimiye yahakanye amakuru yari yatangajwe...

Ndayishimiye yavuze ko ashobora kujya i Kigali ariko u Burundi bugakomeza gufunga umupaka n’u Rwanda

Perezida w’u Burundi Évariste Ndayishimiye, kuri ubu unayoboye African...
spot_imgspot_img
Afrovera Advertisement

Barinda Oscar wo mu kagari ka Kigoya, Umurenge wa Kanjongo, Akarere ka Nyamasheke, ukekwaho kwica se amutemaguye, nyuma akaza kumujugunya mu bwiherero, yarashwe n’inzego z’umutekano ubwo yageragezaga gutoroka ahita apfa. 

Ikinyamakuru UMUSEKE dukesha aya makuru cyatangaje ko uyu mugabo yagiye kwereka Polisi y’Igihugu aho yakoreye aya mahano ashaka gutoroka ahita araswa.

Ni nyuma y’uko ku wa 13 Gicurasi 2024, hamenyekanye inkuru y’urupfu rw’uyu musaza witwa Munyeshya Gratien w’imyaka 67 wanabyaye uyu Barinda. 

Uyu musaza yari amaze iminsi ibiri aburiwe irengero, nyuma aza gusangwa mu bwiherero bw’umuhungu we yapfuye, bacagaguye umubiri we. Uyu mugabo ku wa 14 Gicurasi 2024 yari yatawe muri yombi nyuma yo gukora ayo mahano agatoroka, akaba yari afungiye kuri Station ya RIB ya Kanjongo. 

Amakuru avuga ko uyu musaza yajyaga abuza uyu muhungu kugurisha imitungo irimo n’inzu bigakekwa ko ari ho amakimbirane yavuye. 

Afrovera Advertisement

Latest stories

spot_img

LEAVE A REPLY

Please enter your comment!
Please enter your name here