21.3 C
Africa
Sondag, Mei 10, 2026

Anne Layla Kamanzi

spot_img

MONUSCO irashinjwa guha ubufasha ihuriro ry’Ingabo zirwana ku ruhande rwa FARDC mugihe M23 yamaze kwigarurira Localite ya Rwibiranga.

Ubuyobozi bwa M23 burashinja Ingabo z’u muryango w’Abibumbye, MONUSCO gutera inkunga ihuriro ry’Ingabo za Guverinoma ya Repubulika ya Demokarasi ya Congo, mu bitero bagabye...

M23 yigaruriye utundi duce twari mu maboko y’ihuriro ry’ingabo za Leta ya RDC yemeje ko yiteguye gusubira inyuma

Mu itangazo ryashyizweho umukono na Lawrence Kanyuka usanzwe ari umuvugizi wa M23 mu bya Politiki, rivuga ko biteguye gusubira inyuma mu gihe cyose Guverinoma ya...

Nyuma yo gufata Nturo 1, Nturo 2 n’ibirindiro byamamaye by’ingenzi bakunda kwita Kwa Madimba, M23 yafashe umujyi wa Sake, FARDC n’abambari bayo bakwira imishwaro

Amakuru aturuka ku mirongo y’imbere ku rugamba ruhanganishije M23 n’igisirikare cya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo gifatanyije n’ihuriro ry’ingabo ziri kugifasha ku rugamba, aravuga ko M23...

Ihuriro ry’ingabo zirwana ku ruhande rwa FARDC ryishe umusaza w’imyaka 70 azira ko ari uwo mu bwoko bw’Abatutsi.

Umusaza uri mu kigero cy’imyaka 70 y’amavuko uzwi kw’izina rya Muhaya, yishwe n’ihuriro ry’Ingabo zirwana ku ruhande rwa Guverinoma ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya...

Ikipe y’igihugu ya RDC iraza kwambara agatambaro kirabura mu kwibuka no kuzirikana abanye-Congo bamaze kuzira ubwicanyi bwa Tshisekedi.

Kuri uyu wa Gatatu, tariki ya 07 Gashyantare 2024, abakinnyi b’ikipe y’igihugu ya Repubulika ya Demokarasi ya Congo, iraza gukina umukino wa kimwe cya...

Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo yemeye ibiganiro n’u Rwanda ariko ishyiramo amananiza akomeye cyane

Guverinoma ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo irangajwe imbere na Félix Tshisekedi yatangaje ko ifunguye inzira y’ibiganiro ku gihugu gituranyi cy’u Rwanda mugihe ruzaba rwubahirije ibisabwa...

M23 irashinja Félix Tshisekedi n’ihuriro ry’ingabo ze kwica abagore n’abana b’inzirakarengane no gusenya amazu y’abaturage.

Ubuyobozi bwa M23, bwasohoye inyandiko hanze zishinja Félix Tshisekedi, n’ihuriro ry’ingabo ze kugaba ibitero ahatuwe n’abaturage benshi mu bice byo muri teritware ya Masisi,...

Subscribe

- Never miss a story with notifications

- Gain full access to our premium content

- Browse free from up to 5 devices at once

Must read

spot_img