29 C
Africa
Sondag, Maart 22, 2026

Imyidagaduro

spot_imgspot_img

The Ben yatumiye Perezida Kagame mu gitaramo cye gisoza umwaka

  Umuhanzi Mugisha Benjamin wamamaye ku izina rya The Ben yatangaje ko yatumiye Nyakubahwa Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame mu gitaramo cye gisoza...

Ntibakwiye kwibagirana – Amarira ya Eddy Kenzo ku bahanzi bapfa badafite aho bashyingurwa kandi barakoreye Igihugu

  Mu gihe abakunzi b’umuziki muri Uganda bari mu gahinda gakomeye ko gusezera ku mubyeyi wa Fik Fameica, nyakwigendera Jackline Nassimbwa, amagambo ya Eddy Kenzo...

Ntibisanzwe!Joshua Baraka mu mushinga umwe na French Montana

  Umuhanzi w’Umunya-Uganda Joshua Baraka akomeje kwandika amateka mashya mu muziki wa Afurika, nyuma y’uko umunyabigwi ku rwego mpuzamahanga French Montana yemeje ko bagiye gukorana...

Bebe Cool ateganya ko umuziki wa Uganda uzasubirana ubukaka nyuma y’ amatora

  Mu gihe Uganda yitegura amatora rusange ateganyijwe ku wa 15 Mutarama 2026, umuhanzi ukomeye Bebe Cool yatangaje ko afite icyizere gikomeye cy’uko umuziki w’iki...

“Indabo Zanjye” si iza The Ben? Amavu n’amavuko y’ubutumwa bukomeje kuvugisha benshi

  Mu gihe ihangana ryo mu muziki nyarwanda hagati ya The Ben na Bruce Melodie rikomeje gufata indi ntera, cyane cyane biteganyijwe ko bazahurira ku...

Icyumba cya Rap cyahaye ijambo abaraperikazi_Young Grace na Fifi Raya banyurwa n’urukundo bagaragarijwe

  Abahanzikazi bakora injyana ya Hip Hop mu Rwanda, Young Grace na Fifi Raya, bagaragaje ibyishimo bidasanzwe nyuma yo gutaramira abakunzi b’iyi njyana mu gitaramo...

Abafana b’i Hannover barakaye nyuma y’uko Element EleeeH atabonetse, bamwe basoza Noheli ari inkomere

  Ku wa 25 Ukuboza 2025, igitaramo cyari cyitezwe cyane muri Hannover, mu Budage, cyajemo imvururu nyuma y' uko Element EleeeH yabuze muri icyo gitaramo...

Subscribe

- Never miss a story with notifications

- Gain full access to our premium content

- Browse free from up to 5 devices at once

Must read

spot_img