Abahanzikazi bakora injyana ya Hip Hop mu Rwanda, Young Grace na Fifi Raya, bagaragaje ibyishimo bidasanzwe nyuma yo gutaramira abakunzi b’iyi njyana mu gitaramo...
Ku wa 25 Ukuboza 2025, igitaramo cyari cyitezwe cyane muri Hannover, mu Budage, cyajemo imvururu nyuma y' uko Element EleeeH yabuze muri icyo gitaramo...
Umuhanzi Davis D uri mu bafite izina rikomeye mu muziki nyarwanda, yashimangiye ko ari “umwami w’abana” nyuma yo kwigarurira imitima y’abitabiriye igitaramo Christmas Beach...
Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane, Amb. Olivier Nduhungirehe, yagaragaje ko umuhanzi Israel Mbonyi arenze kuba umuhanzi w’indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana, nyuma yo kongera...
Nyuma y’imyaka myinshi acecetse ku magambo yamuvugwagaho, umuhanzi Mugisha Benjamin uzwi nka The Ben yafashe icyemezo cyo gusubiza Bruce Melodie, ibintu byatunguranye ariko bifite...