Amakuru atugezeho aka kanya avuga ko Perezida Félix Antoine Tshisekedi wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, aherereye i Bruxelles mu Bubiligi nk’uko amakuru aturuka...
Kuri uyu wa 8 Mata 2024, Abasirikare bane barimo batatu ba Tanzania n’umwe wa Afurika y’Epfo bari mu butumwa bw’Umuryango wa Afurika y’amajyepfo (SADC)...
Mu kiganiro n’abanyamakuru kuri uyu wa 8 Mata 2024, Perezida Kagame Paul yatangaje ko yanyuzwe n’ibiganiro yagiranye na mugenzi we wa Afurika y’Epfo, Cyril...
Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame, yatangaje ko abadashyigikiye M23 mu rugamba ihanganyemo n’ihuriro ry’ingabo zirwana ku ruhande rwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya...
Ubwo yatangizaga icyumweru cy’icyunamo n’iminsi 100 yo kwibuka Jenoside yakorewe abatutsi mu Rwanda Perezida Paul Kagame yavuze ko ibihe bikomeye u Rwanda rwanyuzemo, rwabikuyemo...
Ubwo hibukwaga kunshuro ya 30 Jenoside yakorewe abatutsi mu Rwanda mu karere ka Rubavu Umuyobozi uhagarariye Ibuka mu karere Rubavu yagaragaje ko imvugo z’urwango ...
Perezida Cyril Ramaphosa wa Afurika y’Epfo wari mu bitabiriye umuhango wo kwibuka ku nshuro ya 30 genocide yakorewe Abatutsi mu Rwanda, yavuze ko yavanye...