Perezida w’Amerika Joe Biden yavuze ko Minisitiri w’intebe wa Israel Benjamin Netanyahu arimo gukora "ikosa" ku kuntu arimo kwitwara kuri Gaza.
Mu kiganiro, Biden yagize...
Umutwe w’iterabwoba wa Islamic state wasohoye inyandiko ivuga ngo ’Bice Bose’ iherekejwe n’urutonde rw’ibibuga by’umupira w’amaguru byose bizakinirwaho 1/4 cya UEFA Champions League uzagabaho ibitero....
Umusirikare ubarizwa mu gisirikare cya Leta ya Congo ’FARDC’ arashinjwa kwirara mu nka z’Abatutsi muri Kivu y’Amajyaruguru akazimishamo amasasu kugeza zipfuye.
Amakuru avuga ko uyu...
Amakuru aravuga ko perezida wa Repubulika ya Demokarasi ya Kongo, Felix Tshisekedi yaba arwariye mu Builigi mu ibanga rikomeye.
Ibi bije nyuma y’aho asohotse igihugu...