35.2 C
Africa
Woensdag, Mei 6, 2026

Ubutabera

spot_imgspot_img

Urupfu rw’umugore w’ikizungerezi wishwe mu buryo bwa kinyamaswa n’umugabo we w’umudiyasipora yashenguye imitima ya benshi

Amakuru y’akababaro yakwirakwiye ku mbuga nkoranyambaga yemeza ko umudamu witwa Taiwo ukomoka muri Nigeria yishwe n’umugabo we babanaga mu Bwongereza.  Uyu mugabo witwa Olubunmi Abodunde...

RDC: Umva icyo abaturage bavuga ku kuba Leta ishaka kujyana mu nkiko Cardinal Fridolin Ambongo wa Arikidiyosezi ya Kinshasa

Abaturage ba Kongo bakiriye ugutandukanye kuba ubucamanza bw’iki gihugu bushaka gukurikirana Cardinal Fridolin Ambongo Besungu wa Kinshasa akaba n’umukuru w’inama y’abepiskopi ba Afurika na...

Ndayambaje Antoine yishe umugore we mu buryo bwa kinyamaswa amusatuye inda y’imvutsi kubera impamvu yaciye igikuba

Ndayambaje Antoine wo mu Mudugudu wa Cyato, Akagari ka Murambi, Umurenge wa Cyato, Akarere ka Nyamasheke, yatawe muri yombi akekwaho kwica umugore we Mukansengimana...

Kubera iki Karidinali Fridolin Ambongo uri mubajyanama 9 ba Papa Fracis agiye kujyanwa mu nkiko?

Muri Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo,Umushinjacyaha mukuru mu rukiko rusesa imanza, yandikiye umushinjacyaha mu rukiko rw’ubujurire amusaba gutangiza dosiye y’ubucamanza kuri Karidinali Fridolin Ambongo. Umushinjacyaha...

WhatsApp igiye guhagarika gukora mu gihugu hose  »Abayikoreshaga biragenda gute?

Amakuru agezweho avuga ko abanyamategeko b’ikigo cy’ikoranabuhanga cya Meta batangaje ko urubuga nkoranyambaga rwa WhatsApp, rushobora guhagarika gukorera mu Buhinde, mu gihe Leta y’iki...

AFC/M23 bandikiye ibaruwa ifunguye Perezida Emmanuel Macron mugihe yitegura kwakira Perezida Félix Tshisekedi

Ubuyobozi bwa AFC bwagize icyo buvuga kuri Perezida w’u Bufaransa Emmanuel Jean-Michel Frédéric Macron kuri ubu uhugiye mu myiteguro yo kwakira Perezida Félix Antoine...

Umuganga wo muri Congo yatawe muri yombi na RIB akurikiranyweho gukorera igikorwa cy’ubunyamaswa umurwayi wari uje kwivuza mu Bitaro by’i Kigali

Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB) rwatangaje ko rwataye muri yombi umuganga w’indwara z’abagore ukorera mu Mujyi wa Kigali, akekwaho gukorera umugore wari yagiye kwivuza bimwe...

Subscribe

- Never miss a story with notifications

- Gain full access to our premium content

- Browse free from up to 5 devices at once

Must read

spot_img