31.7 C
Africa
Donderdag, April 23, 2026
HomePolitikeHamenyekanye icyatumye Perezida Tshisekedi wari waburiwe irengero ava muri RDC rwihishwa

Hamenyekanye icyatumye Perezida Tshisekedi wari waburiwe irengero ava muri RDC rwihishwa

Date:

Related stories

Naje kubera umubabaro” – Musaza w’imyaka 82 mu myigaragambyo y’Abanyamulenge i Washington DC

Impunzi z’Abanyamulenge zituye muri United States zazindukiye mu rugendo...

Ndayishimiye yahakanye ibyavuzwe ku nkongi ya Camp Base, avuga ko atari amashanyarazi yahatwitse

Perezida w’u Burundi Évariste Ndayishimiye yahakanye amakuru yari yatangajwe...

Ndayishimiye yavuze ko ashobora kujya i Kigali ariko u Burundi bugakomeza gufunga umupaka n’u Rwanda

Perezida w’u Burundi Évariste Ndayishimiye, kuri ubu unayoboye African...
spot_imgspot_img
Afrovera Advertisement

Amakuru aravuga ko perezida wa Repubulika ya Demokarasi ya Kongo, Felix Tshisekedi yaba arwariye mu Builigi mu ibanga rikomeye. 

Ibi bije nyuma y’aho asohotse igihugu mu ibanga rikomeye ndetse n’umuvugizi we ntatangaze aho ari. 

Kuva mu mpera z’icyumweru gishize,nibwo hagiye hanze amakuru avuga ko Félix Tshisekedi yasohotse igihugu ndetse aho aherereye hatazwi. 

Ikinyamakuru cyo mu Bubiligi cyatangaje ko yaje mu Rwanda rwihishwa, ariko kiza kubinyomoza, kinasaba imbabazi kuri ayo makuru atari ukuri cyatangaje. 

Ikinyamakuru Infos.cd cyatangaje kuri uyu wa Kabiri tariki 09 Mata 2024 ko Félix Tshisekedi ari i Bruzelles. 

Iki gitangazamakuru gikomeza kivuga ko Perezida Félix Tshisekedi yageze muri uyu Murwa Mukuru w’u Bubiligi, “ ku mugoroba wo ku Cyumweru ajyanywe n’indege y’Umukuru w’Igihugu”. 

Uyu kandi ngo yajyanye n’abantu bagera muri 20 barimo abo mu itsinda ry’abaganga be, abarinzi be, ndetse n’inshuti ze za hafi na bamwe mu bo mu muryango we. 

Iki gitangazamakuru kivuga ko Perezida akimara kugera i Bruxelles, yahise ajyanwa mu Bitaro bya Kaminuza byitiriwe Mutagatifu Luka (Saint Luc), nyuma yo kugira ikibazo cy’ubuzima. 

Afrovera Advertisement

Latest stories

spot_img

LEAVE A REPLY

Please enter your comment!
Please enter your name here