31.7 C
Africa
Donderdag, April 23, 2026
HomePolitikeUmusirikare mu ngabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo arashinjwa kwica inka...

Umusirikare mu ngabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo arashinjwa kwica inka z’Abatutsi

Date:

Related stories

Naje kubera umubabaro” – Musaza w’imyaka 82 mu myigaragambyo y’Abanyamulenge i Washington DC

Impunzi z’Abanyamulenge zituye muri United States zazindukiye mu rugendo...

Ndayishimiye yahakanye ibyavuzwe ku nkongi ya Camp Base, avuga ko atari amashanyarazi yahatwitse

Perezida w’u Burundi Évariste Ndayishimiye yahakanye amakuru yari yatangajwe...

Ndayishimiye yavuze ko ashobora kujya i Kigali ariko u Burundi bugakomeza gufunga umupaka n’u Rwanda

Perezida w’u Burundi Évariste Ndayishimiye, kuri ubu unayoboye African...
spot_imgspot_img
Afrovera Advertisement

Umusirikare ubarizwa mu gisirikare cya Leta ya Congo ’FARDC’ arashinjwa kwirara mu nka z’Abatutsi muri Kivu y’Amajyaruguru akazimishamo amasasu kugeza zipfuye. 

Amakuru avuga ko uyu musirikare yarashe izi nka mu masaha ya mugitondo cyo kuri uyu wa Kabiri taliki 9 Mata 2024. 

Inka enye nizo zamenyekanye ko uyu musirikare yishe ariko imibare ikaba ikomeje gukusanywa kuko hari n’izindi zakomeretse bikomeye.Izi nka zarasiwe ahitwa Kibati, muri teritware ya Nyiragongo, hafi n’u Mujyi wa Goma. 

Mu mpera z’umwaka ushize nabwo abasirikare ba Leta , Wazalendo na FDLR bashinjwe kwirara mu nka zororerwa muri Teritwari ya Masisi bakazica bagatwara inyama zazo ku masoko izindi bakazirya. 

Muri Gicurasi umwaka ushize ubwayo FDLR yashinjwe kwigabiza umuhanda wa Kalengela-Tongo muri teritwari ya Masisi, yica inka zirenga 200, izindi zirakomereka. 

Gutsindwa na M23 kw’iri huriro , ni kimwe mu byo abaturage bagiye barishinja kugira umujinya bakarasa ibisasu mu baturage no mu matungo yabo mu rwego rwo gushaka kwihimura. 

Afrovera Advertisement

Latest stories

spot_img

LEAVE A REPLY

Please enter your comment!
Please enter your name here