31.6 C
Africa
Vrydag, April 17, 2026

Breaking news:

Amabanga ataramenyekana ku rupfu rwa Minisitiri w’itumanaho n’itangazamakuru w’u Burundi, Gabby Bugaga

Minisitiri w’Itumanaho n’Itangazamakuru mu Burundi, Gabby Bugaga, yitabye Imana mu buryo budasobanutse, nyuma yo kuboneka mu modoka ye mu gitondo cyo kuri uyu wa 16...

Uko AFC/M23 yabashije kwagura ibirindiro byayo mu gihe gito mu burasirazuba bwa Congo

Ihuriro rya AFC/M23 rikomeje kwiyerekana nk’umwe mu mitwe ufite imbaraga zikomeye mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, aho mu gihe gito ryabashije...

Gospel & Faith

Stay on top of what's going on with our subscription deal!

Politics

Sports

Health & Wellness

Gospel News

Business & Economy

Entertainment

Other news

Latest Articles

Indege ya JetBlue yarokotse impanuka ikomeye mu kirere hafi ya Venezuela, hatangijwe iperereza Mpuzamahanga

  Ubuyobozi bukuru bw’ingabo za Leta Zunze Ubumwe za Amerika zishinzwe ibikorwa mu majyepfo (U.S. Southern Command) bwatangaje ko hatangijwe iperereza ryimbitse ku byabaye byari...

RDC: Umutwe wa FDLR ufatanya na Leta kurwana na AFC/M23 wirukanye abaturage mu midugudu itanu

Teritwari ya Walikale, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, yongeye kwisanga mu mutekano muke ubwo abaturage b’imidugudu itanu bahungaga n’imitwe yitwaje intwaro irimo FDLR isanzwe...

Perezida Museveni yakomoje ku gituma ahora yambaye ingofero anahisura uwamugiriye inama yo guhora ayambaye. 

Muri iyi minsi, hari ikintu gisa n’icyabaye ikimenyetso cya Perezida wa Uganda, Yoweri Kaguta Museveni: ingofero. Abenshi bamubona ayambaye hafi ya hose, yaba ari...

U Burundi bwahuye n’intambara bukiri mu rugo: Ifatwa rya Uvira, ubwoba bwa Ndayishimiye, ubutumwa bwa AFC/M23 n’igitutu ku Rwanda

Hari intambara umuntu yumva mu makuru akayifata nk’iri kure, akumva ari inkuru yo mu bindi bihugu. Ariko hari n’igihe iyo ntambara iguhindukira impamo, ikava...
- Advertisement -

RDC yaciye akarongo gatukura! Procureur Général atangaje intambara yeruye ku bakwirakwiza amakuru y’ ibihuha

  Mu itangazo rikomeye ryashyizwe ahagaragara na Procureur Général w’Urukiko rw’Ikirenga (Cour de Cassation), ubuyobozi bw’ubutabera bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo bwatangaje ko bufashe...

Subscribe

- Gain full access to our premium content

- Never miss a story with active notifications

- Browse free from up to 5 devices at once

Gospel