27.7 C
Africa
Saterdag, April 18, 2026

Breaking news:

Amabanga ataramenyekana ku rupfu rwa Minisitiri w’itumanaho n’itangazamakuru w’u Burundi, Gabby Bugaga

Minisitiri w’Itumanaho n’Itangazamakuru mu Burundi, Gabby Bugaga, yitabye Imana mu buryo budasobanutse, nyuma yo kuboneka mu modoka ye mu gitondo cyo kuri uyu wa 16...

Uko AFC/M23 yabashije kwagura ibirindiro byayo mu gihe gito mu burasirazuba bwa Congo

Ihuriro rya AFC/M23 rikomeje kwiyerekana nk’umwe mu mitwe ufite imbaraga zikomeye mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, aho mu gihe gito ryabashije...

Gospel & Faith

Stay on top of what's going on with our subscription deal!

Politics

Sports

Health & Wellness

Gospel News

Business & Economy

Entertainment

Other news

Latest Articles

Capt Ibrahim Traoré asaba ibisobanuro Perezida Ndayishimiye ku guhagarikwa kwa Burkina Faso muri AU

  Perezida wa Burkina Faso, Kapiteni Ibrahim Traoré, yatangaje ko ateganya kugirana ikiganiro na Perezida w’u Burundi, Evariste Ndayishimiye, agamije gusobanukirwa neza impamvu igihugu cye...

Hamenyekanye Andi Mayeri Adasanzwe Yasunikiye AFC/M23 kuva mu Mujyi wa Uvira

 Mu gitondo cyo ku wa 15 Ukuboza 2025, Ihuriro Alliance Fleuve Congo (AFC/M23) ryatangaje icyemezo gikomeye cyo kwikura mu mujyi wa Uvira, mu Ntara...

Abaturage bo mu Mujyi wa Uvira baramukiye mu myigaragambyo idasanzwe basaba ko AFC/M23 idasiga umujyi wabo

  Abaturage bo mu mujyi wa Uvira, mu Ntara ya Kivu y’Amajyepfo, kuri uyu wa Kabiri tariki ya 16 Ukuboza, baramukiye mu myigaragambyo idasanzwe basaba...

“Abatutsi Baremewe Kwicwa?”: Ubutumwa bukomeye bwa Obadioas Kavune ku mahanga n’imiryango mpuzamahanga.

Mu gitondo cyo ku wa kabiri tariki ya 16 Ukuboza 2025, ijwi rikomeye ryongeye kugaruka ku bibazo by’umutekano n’uburenganzira bwa muntu mu burasirazuba bwa...
- Advertisement -

RDC igiye gushyiraho sisiteme nshya, ihuriweho kandi y’ikoranabuhanga mu gusuzuma indwara

  Mu rugendo rwo kunoza serivisi z’ubuvuzi no kongera ireme ry’isuzuma ry’indwara, Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Ubuzima Rusange (INSP) cya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, ku...

Subscribe

- Gain full access to our premium content

- Never miss a story with active notifications

- Browse free from up to 5 devices at once

Gospel