25.2 C
Africa
Vrydag, Mei 15, 2026

Breaking news:

Naje kubera umubabaro” – Musaza w’imyaka 82 mu myigaragambyo y’Abanyamulenge i Washington DC

Impunzi z’Abanyamulenge zituye muri United States zazindukiye mu rugendo rw’amahoro rwabereye i Washington, D.C., rugamije kwamagana ubwicanyi n’ihohoterwa bavuga ko bikomeje gukorerwa bene wabo n’abandi...

Mu icuraburindi rya Bijombo, MRDP–Twirwaneho yabaye icyizere cy’Abanyamulenge – Inkuru irambuye

Mu misozi miremire ya Bijombo, aho umuyaga uhora uhuha uzunguza ibyatsi n’imitima y’abaturage, hari inkuru idasanzwe imaze igihe ivugwa mu matamatama ariko ikagenda igira...

Gospel & Faith

Stay on top of what's going on with our subscription deal!

Politics

Sports

Health & Wellness

Gospel News

Business & Economy

Entertainment

Other news

Latest Articles

Umukinnyi wakiniraga Dynamo BBC iherutse gusezererwa muri BAL kuko yanze kwambara ‘Visit Rwanda’, yamaze gusezera iyi kipe, ategerejwe i Kigali. Amafoto

Umukinnyi Israel Otobo wakiniraga ikipe ya Dynamo BBC yo mu Burundi iherutse gusezererwa muri BAL kubera kwanga kwambara umwambaro wa ‘Visit Rwanda’, wamaze gusezera...

Umusore yatumye benshi bacika Ururondogoro kubera amayeri yakoresheje ngo ashyingiranwe n’Umunyamerikakazi yakoye idolari rimwe

Umunya Kenya witwa Bernard Musyoki yahuriye n’Umunyamerikakazi witwa Deborah Jan Spicer w’imyaka 70, kuri Facebook mu 2017, barakundana birangira barushinze aho yamukoye idolari rimwe.  Bwana...

Umugabo yafunzwe azira ibyo yakoreye umupangayi we w’umugore wari wambaye nka Adamu na Eva bari kurya itunda.

Umugabo wo mu gace ka Bulawayo gaherereye mu majyaruguru ya Zimbabwe yatawe muri yombi azira kuba yarashyize ku karubanda igits!na cye ubwo yarimo kurunguruka...

Umusore wateye ivi yakodesheje kajugujugu ubu ari mu marira menshi nyuma yuko ahemukiwe bikomeye n’umukobwa yaritereye

Hashize igihe ku mbuga nkoranyambaga hagiye hanze amafoto y’umusore wakoze ibitangaza ku munsi we wo gutera ivi, akodesha kajugujugu kugira ngo aze guha igikomangomakazi...
- Advertisement -

Red Tabala yokeje igitutu kuri Leta y’u Burundi maze Perezida Ndayishimiye ahindura umuvuno

Kuri uyu wa 14 Werurwe 2024 nibwo umukuru w’igihugu cy’u Burundi, Evariste Ndayishimiye yakoze impinduka mu gisirikare cy’igihugu cye. Ku ikubitiro Perezida Ndayishimiye yahereye kuri...

Subscribe

- Gain full access to our premium content

- Never miss a story with active notifications

- Browse free from up to 5 devices at once

Gospel