29.5 C
Africa
Sondag, Mei 10, 2026

Breaking news:

Naje kubera umubabaro” – Musaza w’imyaka 82 mu myigaragambyo y’Abanyamulenge i Washington DC

Impunzi z’Abanyamulenge zituye muri United States zazindukiye mu rugendo rw’amahoro rwabereye i Washington, D.C., rugamije kwamagana ubwicanyi n’ihohoterwa bavuga ko bikomeje gukorerwa bene wabo n’abandi...

Mu icuraburindi rya Bijombo, MRDP–Twirwaneho yabaye icyizere cy’Abanyamulenge – Inkuru irambuye

Mu misozi miremire ya Bijombo, aho umuyaga uhora uhuha uzunguza ibyatsi n’imitima y’abaturage, hari inkuru idasanzwe imaze igihe ivugwa mu matamatama ariko ikagenda igira...

Gospel & Faith

Stay on top of what's going on with our subscription deal!

Politics

Sports

Health & Wellness

Gospel News

Business & Economy

Entertainment

Other news

Latest Articles

Burundi: Bacunze abasirikare b’u Burundi basinziriye mu birindiro byabo babakanguza urufaya rw’amasasu y’imbunda ziremereye

Imirwano ikaze cyane yongeye kubura mu ntara ya Bubanza, mu Majyaruguru y’u Burundi, nyuma y’ibitero simusiga byagabwe sa yine z’ijoro ryo ku wa Gatandatu...

Goma: Hateguwe imyigaragambyo karundura itandukanye n’iyari isanzwe ikorerwa muri Kivu y’amajyaruguru.

Mu mujyi wa Goma mu ntara ya Kivu y’Amajyaruguru hongeye gutegurwa imyigaragambyo igamije gusaba Guverinoma ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo kuvanaho imisoro iyo ari...

Urukiko rwakatiye Colonel wa FARDC ushinjwa gushyingura abantu ari bazima mu ntara ya Kivu y’Amajyaruguru ahabwa igihano kitajya gishyirwa mu bikorwa muri RDC

Urukiko rwa gisirikare rwo mu ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, rwakatiye igihano cy’urupfu Colonel Dogmatisa Paluku usanzwe ari umwe mu basirikare bakomeye cyane mu gisirikare...

Hamenyekanye umutwe w’abacancuro karahabutaka bagiye gusimbura MONUSCO mu rugamba ruhanganishije M23 na FARDC n’abambari bayo

Biravugwa ko Umutwe w’abacanshuro wa Blackwater washinzwe n’umunyamerika Erik Dean Prince wahoze mu gisirikare cya Leta Zunze Ubumwe za Amerika waba uri kwitegura kuza...
- Advertisement -

Bweramana: Hamenyekanye ibyo Abasirikare ba FARDC bashakaga byatumye barasa urufaya rw’amasasu mu baturage biruka amasigamana bahunga

Kuva ku mugoroba wo kuri uyu wa 01 Werurwe 2024, muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo hadutse ibihuha bivuga ko M23 Yaba igiye kwigarurira...

Subscribe

- Gain full access to our premium content

- Never miss a story with active notifications

- Browse free from up to 5 devices at once

Gospel