23.3 C
Africa
Sondag, Mei 3, 2026

Breaking news:

CEO Officer Jean de Dieu yashyize hanze album “Greatest Hits 2026” ya Mulenge Record Musics igamije gukomeza morale y’Abanyamulenge

Mu gihe ibibazo by’umutekano muke, ubwicanyi n’itotezwa bikomeje kuvugwa mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, hagiye hashyirwaho uburyo butandukanye bwo gukomeza ijwi ry’abaturage...

Mahoro Peace Association na Isoko U.S bateguye imyigaragambyo y’amahoro i Washington DC yamagana ihohoterwa rikorerwa Abanyamulenge n’Abatutsi muri RDC

Mahoro Peace Association ifatanyije na Isoko U.S bateguye imyigaragambyo y’amahoro iteganyijwe ku wa 20 Mata 2026 i Washington DC, igamije kwamagana ihohoterwa rikomeje gukorerwa...

Gospel & Faith

Stay on top of what's going on with our subscription deal!

Politics

Sports

Health & Wellness

Gospel News

Business & Economy

Entertainment

Naje kubera umubabaro” – Musaza w’imyaka 82 mu myigaragambyo y’Abanyamulenge i Washington DC

Impunzi z’Abanyamulenge zituye muri United States zazindukiye mu rugendo...

Ndayishimiye yahakanye ibyavuzwe ku nkongi ya Camp Base, avuga ko atari amashanyarazi yahatwitse

Perezida w’u Burundi Évariste Ndayishimiye yahakanye amakuru yari yatangajwe...

Ndayishimiye yavuze ko ashobora kujya i Kigali ariko u Burundi bugakomeza gufunga umupaka n’u Rwanda

Perezida w’u Burundi Évariste Ndayishimiye, kuri ubu unayoboye African...

Other news

Latest Articles

Amavubi atsinze afrika y’epfo abanyarwanda bashira umwuma bamaranye igihe

Ni umukino watangiye nyuma y’imvura nyinshi yari imaze kugwa mu karere ka Huye, byanatumaga umupira utabasha gutembera neza kubera imvura amazi yari ari mu...

Burundi: Kubera iki FDNB imaze iminsi ivugwaho gushyingura mu ibanga abasikire bayo bagwa muri Congo?

Kuri uyu wa Kane ushize ubwo bashyinguraga Major Gashirahamwe, undi muryango wari umaze gushyingura undi musirikare w’u Burundi nawe waguye ku rugamba muri Repubulika...

Biravugwako hari kunozwa ibizatuma ntakizongera gusubiza inyuma kohereza abimukira mu Rwanda

Guverinoma y’u Rwanda yatangaje ko hari kunozwa amasezerano azatuma gahunda yo kohereza abimukira n’abasaba ubuhungiro bari mu Bwongereza, ishoboka mu buryo bworoshye. Ni nyuma y’uko...

Rwamagana: Umukecuru w’imyaka 72 n’umuhungu we bafanywe umufuka wuzuye urumogi

Abantu batatu barimo umukecuru w’imyaka 72 n’umuhungu we, bafatiwe mu Murenge wa Mwulire mu Karere ka Rwamagana, bafite ibilo 105 by’urumogi ruri mu mifuka,...
- Advertisement -

Biravugwa ko Abakozi 500 bashobora kuva muri OpenAI yakoze ChatGPT

Nyuma y’uko uwahoze ari Umuyobozi Mukuru w’Ikigo cy’ikoranabuhanga OpenAI, Sam Altman yirukanwe, abakozi bacyo barenga 500 basabye ko abagize Inama y’Ubutegetsi yacyo bose begura,...

Subscribe

- Gain full access to our premium content

- Never miss a story with active notifications

- Browse free from up to 5 devices at once

Gospel