Mahoro Peace Association ifatanyije na Isoko U.S bateguye imyigaragambyo y’amahoro iteganyijwe ku wa 20 Mata 2026 i Washington DC, igamije kwamagana ihohoterwa rikomeje gukorerwa...
Sosiyete nyinshi zo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika zikora ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro zirimo kugaragaza ubushake bwo gushora imari mu birombe bya...
Ni umukino watangiye nyuma y’imvura nyinshi yari imaze kugwa mu karere ka Huye, byanatumaga umupira utabasha gutembera neza kubera imvura amazi yari ari mu...
Kuri uyu wa Kane ushize ubwo bashyinguraga Major Gashirahamwe, undi muryango wari umaze gushyingura undi musirikare w’u Burundi nawe waguye ku rugamba muri Repubulika...
Guverinoma y’u Rwanda yatangaje ko hari kunozwa amasezerano azatuma gahunda yo kohereza abimukira n’abasaba ubuhungiro bari mu Bwongereza, ishoboka mu buryo bworoshye.
Ni nyuma y’uko...
Abantu batatu barimo umukecuru w’imyaka 72 n’umuhungu we, bafatiwe mu Murenge wa Mwulire mu Karere ka Rwamagana, bafite ibilo 105 by’urumogi ruri mu mifuka,...