23 C
Africa
Sondag, Maart 29, 2026

Breaking news:

Breaking: Nyuma y’uruzinduko rw’Akagara i Burundi, drone yishe umwana wa 14 i Karongozi, Jean de Dieu yamaganye Leta y’u Burundi

Mu gitondo cyo kuri uyu wa gatanu tariki ya 20 Werurwe 2026, haravugwa inkuru y’incamugongo mu gace ka Karongozi, muri Sud-Kivu, aho umwana w’umuhungu w’imyaka...

Imirwano ikomeye yabyutse i murambya muri Bijombo: amasasu menshi yumvikanye Mu gitondo

Mu gitondo cyo ku wa mbere tariki ya 16 Werurwe 2026, abaturage batuye mu gace ka Murambya muri groupement ya Bijombo babyukiye mu bwoba...

Gospel & Faith

Stay on top of what's going on with our subscription deal!

Politics

Sports

Health & Wellness

Gospel News

Business & Economy

Entertainment

Other news

Latest Articles

Perezida Tshisekedi yakomoje ku magambo rutwitsi ya Gén. Sylvain Ekenge, atanga itegeko ridasanzwe, AFC/M23 ishinja Leta ibirego bishya.

Mu gihe umutekano n’imibanire y’Abanye-Congo bikomeje guhungabanywa n’intambara ikomeje mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC), Perezida Félix Antoine Tshisekedi yafashe icyemezo...

Hellen Lukoma arifuza gukorana n’abahanzi bashya, ashimira impinduka n’ubuhanga bazanye mu muziki

  Umuhanzikazi akaba n’umukinnyi wa filime, Hellen Lukoma, yatangaje ko yifuza gukorana n’abahanzi bo mu generation nshya mu mishinga mishya y’umuziki.   Ibi yabitangaje mu kiganiro aherutse...

Nahisemo kwibanda ku rugendo rwanjye_ Eddy Kenzo aciye amarenga ku makimbirane afitanye na Bebe Cool

  Umuhanzi w’icyamamare muri Uganda akaba n’umuyobozi wa Big Talent Entertainment, Eddy Kenzo, yagarutse ku makuru amaze iminsi avugwa ku makimbirane afitanye na mugenzi we...

Umushoferi wa Anthony Joshua agiye kuburanishwa ku mpanuka yahitanye inshuti ze, uyu mukinnyi ayikomerekeyemo

    Umugabo witwa Adeniyi Mobolaji Kayode, wari usanzwe ari umushoferi w’icyamamare mu iteramakofe Anthony Joshua, agiye kuryozwa n’ubutabera ku byaha ashinjwa byakomotse ku mpanuka y’imodoka...
- Advertisement -

RDC: FARDC Yibutse Général Mamadou Mustafa Ndala, Imushyira mu Ntwari Zitazibagirana z’Igihugu

Ingabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC) zatangaje ko zahaye icyubahiro gikomeye kuri Général Mamadou Mustafa Ndala, zimushimira uruhare rudasanzwe yagize mu mateka...

Subscribe

- Gain full access to our premium content

- Never miss a story with active notifications

- Browse free from up to 5 devices at once

Gospel