Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, arashinja Iran kudakurikiza ibyo impande zombi zari zumvikanyeho mu masezerano yo guhagarika imirwano. Yagaragaje ko uburyo...
Mu gihe umutekano ukomeje kuzamba mu ntara ya Ituri, mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC), abaturage bakomeje kugwa mu bitero byibasira...
Minisitiri w’Itumanaho n’Itangazamakuru mu Burundi, Gabby Bugaga, yitabye Imana mu buryo budasobanutse, nyuma yo kuboneka mu modoka ye mu gitondo cyo kuri...
Mu gihe hari icyizere gike cyari kimaze kugaragara ko intambara imaze imyaka myinshi ihitana ubuzima bw’abaturage mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo...
Umuhanzi Itahiwacu Bruce uzwi cyane ku izina rya Bruce Melodie, yanyomoje bidasubirwaho impuha zimaze iminsi zimukwirakwizwaho ku mbuga nkoranyambaga, zavugaga ko yaba yarabaswe n’ibiyobyabwenge...
Umuraperikazi w’icyamamare ku rwego mpuzamahanga, SHENSEA, yahakanye byimazeyo amakuru yari amaze iminsi avugwa ko azataramira i Kigali, ayita amakuru y’ibihuha adafite ishingiro.
Ibi SHENSEA yabitangaje...
Umuramyi ukunzwe cyane Israel Mbonyi yashyize umucyo ku mpuha zimaze iminsi zimuvugwaho, zirimo izivuga ko yaba yarabyaye mu ibanga akabihisha. Mbonyi yagaragaje ko atazigera...