Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, arashinja Iran kudakurikiza ibyo impande zombi zari zumvikanyeho mu masezerano yo guhagarika imirwano. Yagaragaje ko uburyo...
Mu gihe umutekano ukomeje kuzamba mu ntara ya Ituri, mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC), abaturage bakomeje kugwa mu bitero byibasira...
Minisitiri w’Itumanaho n’Itangazamakuru mu Burundi, Gabby Bugaga, yitabye Imana mu buryo budasobanutse, nyuma yo kuboneka mu modoka ye mu gitondo cyo kuri...
Mu minsi ishize, ku mbuga nkoranyambaga hacicikanye amakuru avuga ko umuhanzi w’icyamamare Bruce Melodie yaba yaratandukanye n’umugore we, Katherina. Ibi byatumye benshi bibaza ukuri...
Teritwari ya Walikale, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, yongeye kwisanga mu mwuka w’ubwoba n’ihungabana ry’umutekano bikabije, nyuma y’amakuru yatangiye gucicikana mu ijoro ryo ku...
Umutekano muri Masisi, mu ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, wongeye kuzamba nyuma y’imirwano ikomeye yongeye guhuza AFC/M23 n’abarwanyi ba Wazalendo bashyigikiwe n’ingabo za Leta ya...