38.6 C
Africa
Vrydag, April 17, 2026

Breaking news:

Trump yavuze ko Iran iri gukora ibinyuranyije n’amasezerano ku muhora wa Hormuz

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, arashinja Iran kudakurikiza ibyo impande zombi zari zumvikanyeho mu masezerano yo guhagarika imirwano. Yagaragaje ko uburyo...

RDC: abantu barenga 43 bishwe na ADF, Tshisekedi anengwa kwirengagiza umutekano w’abaturage

Mu gihe umutekano ukomeje kuzamba mu ntara ya Ituri, mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC), abaturage bakomeje kugwa mu bitero byibasira...

Gospel & Faith

Stay on top of what's going on with our subscription deal!

Politics

Sports

Health & Wellness

Gospel News

Business & Economy

Entertainment

Other news

Latest Articles

“Pole sana umuchou”, Amagambo ya Alliah Cool akomeje kuvugisha benshi ku mbuga nkoranyambaga

  Isimbi Alliance uzwi nka Alliah Cool, umwe mu bakinnyi ba sinema nyarwanda n’ibyamamare bikomeye ku mbuga nkoranyambaga, akomeje kuvugisha benshi nyuma yo kugaragaza amarangamutima...

Byaduteza intonganya zidafite ishingiro — Shakib asobanura impamvu we na Zari batagikurikirana ku mbuga nkoranyambaga

  Shakib Lutaaya, umugabo wa Zari Hassan uzwi cyane mu bucuruzi no ku mbuga nkoranyambaga, yatangaje ko we n’umugore we bahisemo kudakurikirana ibikorwa bya buri...

Mavado na Shenseea baje i Kigali ku nshuro ya mbere: Ibyishimo ku bakunzi ba Dancehall, igitutu ku myiteguro ya The Ben na Bruce Melodie?

  Mu gihe Abanyarwanda bitegura gusoza umwaka wa 2025 no kwakira uwa 2026, Kigali igiye kwandika amateka mashya mu myidagaduro yakira ku nshuro ya mbere...

Ingabo za AFC/M23 zitangiye kuva muri Uvira: Intambwe y’amahoro cyangwa ikigeragezo gishya ku mutekano w’Iburasirazuba bwa Congo?

Mu gihe intara ya Kivu y’Amajyepfo yari imaze iminsi iri mu mwuka w’ubwoba n’ihungabana ry’umutekano, ku wa Gatatu tariki ya 17 Ukuboza 2025 hatangajwe...
- Advertisement -

Amerika yaciye umurongo utukura ivuga ko yiteguye gufata ingamba Amasezerano hagati ya RDC n’u Rwanda akubahirizwa

Leta Zunze Ubumwe za Amerika zatangaje ku mugaragaro ko ziteguye gufata ingamba zifatika kugira ngo amasezerano ya Washington yasinywe hagati ya Repubulika ya Demokarasi...

Subscribe

- Gain full access to our premium content

- Never miss a story with active notifications

- Browse free from up to 5 devices at once

Gospel