38.6 C
Africa
Vrydag, April 17, 2026

Breaking news:

Trump yavuze ko Iran iri gukora ibinyuranyije n’amasezerano ku muhora wa Hormuz

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, arashinja Iran kudakurikiza ibyo impande zombi zari zumvikanyeho mu masezerano yo guhagarika imirwano. Yagaragaje ko uburyo...

RDC: abantu barenga 43 bishwe na ADF, Tshisekedi anengwa kwirengagiza umutekano w’abaturage

Mu gihe umutekano ukomeje kuzamba mu ntara ya Ituri, mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC), abaturage bakomeje kugwa mu bitero byibasira...

Gospel & Faith

Stay on top of what's going on with our subscription deal!

Politics

Sports

Health & Wellness

Gospel News

Business & Economy

Entertainment

Other news

Latest Articles

Burundi: Hamenyekanye ibiteye impungenge Leta igiye gukorera Impunzi z’Abanye-Congo ziherutse guhungira muri iki gihugu.

Leta y’u Burundi yatangaje ko iteganya kwimura impunzi z’Abanye-Congo ziherutse guhungira muri iki gihugu, ziri gukurwa mu nkambi z’agateganyo no mu baturage bazicumbikiye, zikajyanwa...

Yatashye yimyiza imoso: Perezida Tshisekedi yimwwe ijambo mu nama idasanzwe mpuzamahana kubera amadeni ya Miliyoni 48$

Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC), Félix Antoine Tshisekedi Tshilombo, yongeye kwisanga mu bibazo bikomeye bya dipolomasi ku rwego rw’akarere, nyuma yo...

Amakuru mashya: U Rwanda n’u Burundi mu biganiro byo guhosha umwuka mubi umaze imyaka.

Umubano w’u Rwanda n’u Burundi wongeye kugarukwaho mu biganiro bya dipolomasi n’umutekano, nyuma y’imyaka myinshi y’umwuka mubi waranze ibihugu byombi, ukarushaho gukara kuva mu...

AFC/M23 yafashe indi midugudu itatu nyuma y’imirwano ikaze, mu gihe urujijo rukomeje ku kuva muri Uvira

Mu gihe ibiganiro by’amahoro bikomeje kuvugwa nk’inzira ishobora kugabanya amakimbirane yo mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, ku butaka ibintu biracyerekana indi...
- Advertisement -

Sheilah Gashumba yibajije impamvu Polisi ya Uganda ihiga abari kuri TikTok aho guhiga abagizi ba nabi

  Sheilah Gashumba, umwe mu banyamideli n’abanyamakuru b’imyidagaduro bakunzwe cyane muri Uganda, yagaragaje umujinya n’ukutishimira imikorere ya Polisi ya Uganda, ayisaba kureka kwivanga mu makimbirane...

Subscribe

- Gain full access to our premium content

- Never miss a story with active notifications

- Browse free from up to 5 devices at once

Gospel