24.2 C
Africa
Woensdag, April 22, 2026
HomePolitikeRDC: Abasirikare 2 bakomeye bakatiwe n’urukiko igihano cy’imyaka 10 nyuma yo guhamwa...

RDC: Abasirikare 2 bakomeye bakatiwe n’urukiko igihano cy’imyaka 10 nyuma yo guhamwa n’icyaha cyo gutera inkunga M23

Date:

Related stories

Naje kubera umubabaro” – Musaza w’imyaka 82 mu myigaragambyo y’Abanyamulenge i Washington DC

Impunzi z’Abanyamulenge zituye muri United States zazindukiye mu rugendo...

Ndayishimiye yahakanye ibyavuzwe ku nkongi ya Camp Base, avuga ko atari amashanyarazi yahatwitse

Perezida w’u Burundi Évariste Ndayishimiye yahakanye amakuru yari yatangajwe...

Ndayishimiye yavuze ko ashobora kujya i Kigali ariko u Burundi bugakomeza gufunga umupaka n’u Rwanda

Perezida w’u Burundi Évariste Ndayishimiye, kuri ubu unayoboye African...
spot_imgspot_img
Afrovera Advertisement

Abasirikare babiri bo mungabo za Leta ya Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo, bashinjwaga icyaha cyo gutera inkuga umutwe wa M23; aba kimwe n’abandi 19 bamwe muribo bakatiwe igihano cyo gufungwa kuva ku myaka itanu (5) kugeza ku myaka icumi(10) abandi bagizwe abere.

Ibi byatangajwe tariki ya 11 Mutarama 2024, ko abantu makumyabiri n’umwe (21), barimo n’Abasirikare ba biri bo mu Ngabo za Repubulika ya Demokarasi ya Congo, bashinjwa icyaha cyo gutera inkunga umutwe  wa M23, bamwe muribo bakatiwe igihano cyo gufungwa kuva ku myaka itanu (5) kugeza ku myaka icumi(10) abandi bagizwe abere.

Nk’uko bya vuzwe ibi bya vuye mu myanzuro urukiko rwa Gisirikare ruherereye i Gombe, ku murwa mukuru w’igihugu cya Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo i Kinshasa.

Ay’amakuru akomeza avuga ko icyenda (9), muri bariya makumyabiri n’umwe 21, bashinjwa icyaha cyo gutera inkunga umutwe wa M23 urwanira mu Burasirazuba bwa Repubulika iharanira Demokarasi ya    Congo, nibo bagizwe abere naho bariya basirikare bo bahamwa n’icyaha maze bahanishwa igihano cyo gufungwa Imyaka 10, abatari abasirikare bahabwa igihano cyo gufungwa Imyaka 5.

Afrovera Advertisement

Latest stories

spot_img