24.2 C
Africa
Woensdag, April 22, 2026
HomeIbyamamareRDC: Ukuri ku kihishe inyuma y’urupfu rw’Umunyamakuru Yvette Bahati Kinoza

RDC: Ukuri ku kihishe inyuma y’urupfu rw’Umunyamakuru Yvette Bahati Kinoza

Date:

Related stories

Naje kubera umubabaro” – Musaza w’imyaka 82 mu myigaragambyo y’Abanyamulenge i Washington DC

Impunzi z’Abanyamulenge zituye muri United States zazindukiye mu rugendo...

Ndayishimiye yahakanye ibyavuzwe ku nkongi ya Camp Base, avuga ko atari amashanyarazi yahatwitse

Perezida w’u Burundi Évariste Ndayishimiye yahakanye amakuru yari yatangajwe...

Ndayishimiye yavuze ko ashobora kujya i Kigali ariko u Burundi bugakomeza gufunga umupaka n’u Rwanda

Perezida w’u Burundi Évariste Ndayishimiye, kuri ubu unayoboye African...
spot_imgspot_img
Afrovera Advertisement

Umunyamakuru Yvette Bahati Kinoza, uherutse kwitaba Imana, kuri ubu amakuru ahari avuga k’urupfu rwe; ahamya ko uyu mukobwa yishwe n’umuganga yari yasabye ko amukuriramo inda.

Umurambo wa Yvette wabonetse tariki ya 05 Mutarama 2024, utoragurwa muri Toilet mu gace kitwa Numbi, muri Grupema ya Buzi, muri teritware ya Kalehe, mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo, mu Gihugu cya Repubulika ya Demokarasi ya Congo, ibi bikaba byaratangajwe na Radio Top Buzi FM, ikorera i Kalehe.

Iyi radio Top Buzi FM, yanatangaje ko Yvette Bahati Kinoza, ko umurambo we watoraguwe mugihe yari amaze iminsi yaraburiwe irengero, aho ngo yabuze mumpera z’i Cyumweru gishize.

Amakuru yizewe Minembwe Capital News,

Kugeza ubu amakuru yizewe agera kuri Corridorreport.com avuye mu baturage baturiye ibyo bice, batanze ubuhamya, bw’u rupfu Umunyamakurukazi Yvette Bahati Kinoza, uwo bakundaga, wari usanzwe akorera Radio na Televisiyo ya Minova RTCM; bavuga ko yishwe n’u muganga nyuma y’uko Yvette Bahati Kinoza, yari yamusabye gukuramo inda, bikaza kwanga.

Mu buhamya batanze bagize bati: “Yvette Bahati Kinoza, yari afite inda ariko byari bitaramenyekana, asaba umuganga kuyivanamo umunganga arabyemera ku bw’amahirwe make kuyivanamo byaje kuviramo urupfu rwa Yvette Bahati Kinoza.”

Bakomeje bavuga bati: “Umuganga amaze kubonako umukobwa apfuye yafashe umurambo we aja kuwuta muri WC (toilet), ibi, Umuganga yabikoze kuko Kinoza, yari yaje mwibanga.”

Mu makuru yatanzwe kuva k’umunsi w’ejo hashize, bya vuzwe ko inzego zishinzwe umutekano, bari bamaze guta muriyombi abakekwa kwicwa Umunyamakurukazi, Yvette Bahati Kinoza, barimo nyiri toilet basanzemo umurambo we, n’abandi bahungu batutu (3), bakundaga kugendana na nyakwigendera.

Kuri ubu uwo muganga, akaba amaze kugezwa munzego zishinzwe umutekano, i Kalehe.

Afrovera Advertisement

Latest stories

spot_img