22.4 C
Africa
Maandag, Mei 11, 2026

Politike

spot_imgspot_img

Bahise bakora inama karundura: Hamenyekanye amayeri FARDC igiye gukoresha nyuma yo kwamburwa ibice by’ingenzi na M23

Ihuriro ry’Ingabo zirwana ku ruhande rwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo kuri uyu wa mbere tariki 05 Gashyantare 2024 ryongeye kugaba ibitero biremereye rikoresheje...

Abanye-Congo basohoye itangazo karundura ryamagana ingabo za SADC zikomeje kurwanya M23 zirengagije ibikubiye mu masezerano zasinyanye na Tshisekedi

Ubuyobozi bw’urubyiruko rw’Abanye-Congo binyuze muri bwana Mutingwa Alimas Richard, bwamaganye bivuye inyuma icyemezo cyafashwe n’ingabo z’ibihugu bigize umuryango w’iterambere ry’Afrika y’Amajy’epfo, SADC, cyo kudafasha igisirikare...

U Burundi bwohereje abandi basirikare benshi cyane bagiye kurwana na M23 nyuma yuko yambuye FARDC ibice bitatu by’ingenzi.

Guverinoma y’u Burundi irangajwe imbere na Perezida Evariste Ndayishimiye yohereje abandi basirikare benshi cyane mu ntara ya Kivu y’Amajyaruguru guhangana na M23 nyuma yuko...

M23 yerekanye abandi basirikare benshi b’u Burundi harimo n’abari k’urwego rwa Major na Col. yafashe mpiri bahita bamagana Perezida Ndayishimiye.

M23 yeretse abanyamakuru abasirikare b’u Burundi bafashwe matekwa mu mirwano ihuriro ry’Ingabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo zihanganyemo na M23, mu Burasirazuba bwa...

Bahise bamukuraho umutwe: Umusirikare w’ipeti ryo hejuru akaba yari n’umuyobozi mu bahanganye na M23 yishwe atemaguwe n’abaturage azira kwiba Ihene

Inyeshyamba yitwa Colonel Autoproclamé, yo muri Wazalendo mu mutwe wahoze witwa Maï Maï Biroze Bishambuke, yishwe atemaguwe n’abaturage bo muri teritware ya Fizi, mu...

Amerika: Hamuritswe umwanzuro karundura wamagana jenoside ikorerwa Abanyekongo bavuga Ikinyarwanda, Perezida Biden asabwa gukora ikintu gikomeye

Umudepite wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, André Carson, yamuritse umwanzuro wamagana ubugizi bwa nabi bukomeje gukorerwa Abatutsi b’Abanyekongo n’Abanyamulenge bo muri Repubulika ya...

Abasirikare ba SADC, FARDC, FDLR n’ihuriro ry’ingabo zirwana ku ruhade rwa RDC bakwiriye imishwaro bahunga batazi iyo bagana

Ku ri uyu wa kane tariki 01 Gashyantare 2024 Ingabo za Leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo hamwe n’zikomoka mu muryango w’ubukungu wa SADC,...

Subscribe

- Never miss a story with notifications

- Gain full access to our premium content

- Browse free from up to 5 devices at once

Must read

spot_img