29.8 C
Africa
Dinsdag, April 21, 2026

Breaking news:

Ndayishimiye yahakanye ibyavuzwe ku nkongi ya Camp Base, avuga ko atari amashanyarazi yahatwitse

Perezida w’u Burundi Évariste Ndayishimiye yahakanye amakuru yari yatangajwe n’igisirikare cy’igihugu cye yavugaga ko inkongi y’umuriro yibasiye ikigo cya gisirikare cya Camp Base i Bujumbura...

Amabanga ataramenyekana ku rupfu rwa Minisitiri w’itumanaho n’itangazamakuru w’u Burundi, Gabby Bugaga

Minisitiri w’Itumanaho n’Itangazamakuru mu Burundi, Gabby Bugaga, yitabye Imana mu buryo budasobanutse, nyuma yo kuboneka mu modoka ye mu gitondo cyo kuri uyu wa...

Gospel & Faith

Stay on top of what's going on with our subscription deal!

Politics

Sports

Health & Wellness

Gospel News

Business & Economy

Entertainment

Other news

Latest Articles

Umuyobozi wa Ritco yagonze umukozi bakorana ahita apfa, bigaragara ko nta ruhushya rwo gutwara iyi modoka yari afite

Umuyobozi wa Ritco muri gare ya Rubavu, ubwo yarimo asubira inyuma ashyira imodoka mu mwanya wayo ngo ishyirwemo abagenzi, yagonze mugenzi we bakorana witwa...

Yaka Mwana na Fanny bagaragaye mu mashusho y’Ubusambanyi mu ruhame bisanze bari mu mazi abira.

Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, rwataye muri yombi Gasore Pacifique wamamaye nka Yaka Mwana umaze kumenyekana muri sinema nyarwanda, yatawe muri yombi ari kumwe n’abandi...

Mu mboni Ishyamba si ryeru hagati ya Leta ya Kenya niya RDC

Nditegereza nkabona ibimenyetso bigaragaza intambara y’ubutita hagati ya Kenya na Kongo-Kinshasa; nkabona bigenda birushaho kwiyongera, ariko abantu ntibabitindeho cyane, kuko ibyo bihugu bidahana imbibi...

Abasirikare ba SADC bateguje kugaba ibitero kuri M23

Umuryango w’ibihugu bya Africa y’Amajyepfo, ufite ingabo ziri mu Burasirazuba bwa Congo, wateguje kugaba ibitero ku nyeshyamba za M23 ushinja kwica abasivile. Itangazo SADC yasohoye...
- Advertisement -

Ubuyobozi bwa AFC/M23 bwihanangirije abayigize kutijandika mu mabuye y’agaciro

Ihuriro rya AFC rigizwe n’imitwe ya politiki n’iyitwaje intwaro irwanya ubutegetsi bwa Repubulika iharanira  Demokarasi ya Congo ryasabye abarigize bose kutishora mu bikorwa by’ubucuruzi...

Subscribe

- Gain full access to our premium content

- Never miss a story with active notifications

- Browse free from up to 5 devices at once

Gospel