23.2 C
Africa
Donderdag, April 23, 2026

Breaking news:

Ndayishimiye yahakanye ibyavuzwe ku nkongi ya Camp Base, avuga ko atari amashanyarazi yahatwitse

Perezida w’u Burundi Évariste Ndayishimiye yahakanye amakuru yari yatangajwe n’igisirikare cy’igihugu cye yavugaga ko inkongi y’umuriro yibasiye ikigo cya gisirikare cya Camp Base i Bujumbura...

Amabanga ataramenyekana ku rupfu rwa Minisitiri w’itumanaho n’itangazamakuru w’u Burundi, Gabby Bugaga

Minisitiri w’Itumanaho n’Itangazamakuru mu Burundi, Gabby Bugaga, yitabye Imana mu buryo budasobanutse, nyuma yo kuboneka mu modoka ye mu gitondo cyo kuri uyu wa...

Gospel & Faith

Stay on top of what's going on with our subscription deal!

Politics

Sports

Health & Wellness

Gospel News

Business & Economy

Entertainment

Other news

Latest Articles

Habaye Impanuka ikomeye cyane ya Howo yahitanye batatu, ikomeretse abandi babiri

Impanuka y’ikamyo yo mu bwoko bwa Howo, yahitanye abanyerondo babiri na shoferi wari uyitwaye,inakomeretsa tandiboyi wayo n’umunyerondo umwe.  Iyi mpanuka yabaye ahagana saa saba z’ijoro...

Abantu bose bazitabira amatora bashyiriweho ubwasisi budasanzwe bemererwa inzoga n’ibiryo by’ubuntu

Ibigo binyuranye byo mu Majyepfo y’u Buhinde mu Mujyi wa Bengaluru, byatangaje ko abaturage bashyiriweho ubwasisi budasanzwe burimo inzoga, ibiryo by’ubuntu, ndetse n’igabanywa ry’ibiciro...

Ukuri ku makuru y’abafana 2 ‘abahuriga’ ba Rayon Sports bayiteye umugongo, bakerekeza muri mukeba w’ibihe byose APR FC

Mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatanu tariki 26 Werurwe 2024, hasakaye amakuru avuga ko abafana bakomeye muri Rayon Sports, bamaze gusezera muri iyi...

Umuganga wo muri Congo yatawe muri yombi na RIB akurikiranyweho gukorera igikorwa cy’ubunyamaswa umurwayi wari uje kwivuza mu Bitaro by’i Kigali

Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB) rwatangaje ko rwataye muri yombi umuganga w’indwara z’abagore ukorera mu Mujyi wa Kigali, akekwaho gukorera umugore wari yagiye kwivuza bimwe...
- Advertisement -

Ibaruwa ndende Bruce Melodie yandikiwe n’umukobwa babyaranye amusaba indezo yatumye benshi bacika Ururondogoro

Agasaro Diane uvuga ko yabyaranye n’umuhanzi Bruce Melodie, yamwandikiye amusaba kuzuza inshingano z’umubyeyi zo gutanga indezo y’umwana babyaranye.  Binyuze ku munyamategeko we, Turahirwa Théogène wo...

Subscribe

- Gain full access to our premium content

- Never miss a story with active notifications

- Browse free from up to 5 devices at once

Gospel