37.7 C
Africa
Donderdag, April 23, 2026

Breaking news:

Ndayishimiye yahakanye ibyavuzwe ku nkongi ya Camp Base, avuga ko atari amashanyarazi yahatwitse

Perezida w’u Burundi Évariste Ndayishimiye yahakanye amakuru yari yatangajwe n’igisirikare cy’igihugu cye yavugaga ko inkongi y’umuriro yibasiye ikigo cya gisirikare cya Camp Base i Bujumbura...

Amabanga ataramenyekana ku rupfu rwa Minisitiri w’itumanaho n’itangazamakuru w’u Burundi, Gabby Bugaga

Minisitiri w’Itumanaho n’Itangazamakuru mu Burundi, Gabby Bugaga, yitabye Imana mu buryo budasobanutse, nyuma yo kuboneka mu modoka ye mu gitondo cyo kuri uyu wa...

Gospel & Faith

Stay on top of what's going on with our subscription deal!

Politics

Sports

Health & Wellness

Gospel News

Business & Economy

Entertainment

Other news

Latest Articles

Umunyamakuru Jean Jules Mazuru yakatiwe igifungo cy’imyaka 10 i Mageragere nyuma yo gusambanya umukobwa w’imyaka 15.

Uwumvise amakuru mu rurimi rw’Igifaransa kuri Radio Rwanda, yakunze ubuhanga bwagiye buranga Jean Jill Mazuru, mu gutangaza neza amakuru muri urwo rurimi.  Jean Jules Mazuru...

Hamenyekanye aho za Kontineri 4 z’imihoro Guverinoma y’u Burundi yatumije mu Bushinwa ziri.

Mu ntangiriro z’uku kwezi ni bwo ikinyamakuru Le Mandat cy’i Burundi cyanditse ko Leta y’iki gihugu imaze igihe yaratumije Kontineri enye z’imihoro mu Bushinwa,...

Umujejetafaranga Alliah Cool yatanze ku mugaragaro ya mafaranga yemereye abana ba nyakwigendera Jay Polly

Umukinnyi wa filime nyarwanda, Isimbi Alliance wamenyekanye nka Alliah Cool, kuri tariki 30 Werurwe 2024 nibwo yemeye gutanga amafaranga angana na miliyoni imwe yo...

Umumotari wakoranaga n’umutubuzi wagurishije imifuka 13 y’ibitaka abeshya ko ari ya Sima yahuye n’uruva gusenya ageze aho yari ayijyanye

Ku mugoroba wo kuri uyu wa Gatandatu tariki 20 Mata 2024, ni bwo abaturage bo mu Mudugudu wa Kigugu mu Kagari ka Kigugu mu...
- Advertisement -

Umusirikare yatunguwe n’ibyo yakorewe n’abaturage nyuma yo kwica arashe abantu bane mu Mujyi rwagati ku manywa y’ihangu

Umusirikare wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC) yakubiswe n’abaturage bo mu Birere mu Mujyi wa Goma, bamugira intere nyuma y’uko nawe yari amaze...

Subscribe

- Gain full access to our premium content

- Never miss a story with active notifications

- Browse free from up to 5 devices at once

Gospel