32.6 C
Africa
Vrydag, Mei 15, 2026

Breaking news:

Naje kubera umubabaro” – Musaza w’imyaka 82 mu myigaragambyo y’Abanyamulenge i Washington DC

Impunzi z’Abanyamulenge zituye muri United States zazindukiye mu rugendo rw’amahoro rwabereye i Washington, D.C., rugamije kwamagana ubwicanyi n’ihohoterwa bavuga ko bikomeje gukorerwa bene wabo n’abandi...

Mu icuraburindi rya Bijombo, MRDP–Twirwaneho yabaye icyizere cy’Abanyamulenge – Inkuru irambuye

Mu misozi miremire ya Bijombo, aho umuyaga uhora uhuha uzunguza ibyatsi n’imitima y’abaturage, hari inkuru idasanzwe imaze igihe ivugwa mu matamatama ariko ikagenda igira...

Gospel & Faith

Stay on top of what's going on with our subscription deal!

Politics

Sports

Health & Wellness

Gospel News

Business & Economy

Entertainment

Other news

Latest Articles

Umunyezamu Kimenyi Yves yakinnye penality n’umugore we Muyango, Muyango aramwemeza, amutera muri 90. Video

Abinyujije ku rukuta rwe rwa Instagram, Umukinnyi w’umupira w’amaguru wabigize umwuga, Kimenyi Yves, yasangije amashusho ubwo yati ari gukina penality n’umugore we.  Nyuma ya penality...

Hagaragaye ifoto igaragaza stade Amahoro yo mu mwaka wa 1994 itandukanye cyane na stade Amahoro ya 2024. IFOTO Y’UMWAKA

Ku mbuga nkoranyambaga hagaragaye ifoto ya Stade Amahoro yo mu mwaka wa 1994, aho itandukanye cyane na stade Amahoro ya 2024 iri ku vugururwa.  Mu...

Hamenyekanye andi makuru mabi ku bakunzi ba Lionel Messi nyuma yuko umutoza we Tata Martino amusimbuje nyuma y’iminota itanu gusa y’igice cya kabiri cy’umukino

Mu ijoro ryo ku wa gatatu, Lionel Messi yakuwe mu kibuga amaze gukina iminota itanu yonyine mu gice cya kabiri cy'umukino w'irushanwa rya CONCACAF...

Ni ubwambere gukozaho Tap and Go kuri bus bizajya bisaba 700 rwf ! Dore uko ibiciro by’ingendo byazamuwe mu mujyi wa Kigali hose

Ku munsi wo ku wa kabiri tariki ya 12 Werurwe 2024 nibwo hatangajwe ko ibiciro by’ingendo byazamuwe ndetse ko hakuweho nkunganire yahabwaba abantu ku...
- Advertisement -

Amakuru atugezeho nonaha- Burundi: Ukuri ku kihishe inyuma y’urupfu rwa Lieutenant Général de Police Godefroid Bizimana

Lt Général Godefroid Bizimana wabaye Umuyobozi Mukuru wungirije wa Polisi y’u Burundi yapfuye kuri uyu wa 13 Werurwe 2024. Aya makuru yemejwe na Perezida w’u...

Subscribe

- Gain full access to our premium content

- Never miss a story with active notifications

- Browse free from up to 5 devices at once

Gospel