33.3 C
Africa
Vrydag, Mei 15, 2026

Breaking news:

Naje kubera umubabaro” – Musaza w’imyaka 82 mu myigaragambyo y’Abanyamulenge i Washington DC

Impunzi z’Abanyamulenge zituye muri United States zazindukiye mu rugendo rw’amahoro rwabereye i Washington, D.C., rugamije kwamagana ubwicanyi n’ihohoterwa bavuga ko bikomeje gukorerwa bene wabo n’abandi...

Mu icuraburindi rya Bijombo, MRDP–Twirwaneho yabaye icyizere cy’Abanyamulenge – Inkuru irambuye

Mu misozi miremire ya Bijombo, aho umuyaga uhora uhuha uzunguza ibyatsi n’imitima y’abaturage, hari inkuru idasanzwe imaze igihe ivugwa mu matamatama ariko ikagenda igira...

Gospel & Faith

Stay on top of what's going on with our subscription deal!

Politics

Sports

Health & Wellness

Gospel News

Business & Economy

Entertainment

Other news

Latest Articles

Miss Nyambo afite ubwoba kubyara avuga ko bishobora ku mubabaza kurusha uko igifu kimurya!

Nyambo Jessica uzwi cyane nka Miss Nyambo murunganda rwa Sinema, avuga ko akurikije uko abona abagore bagiye kubyara baba bamerewe iyo bari ku gise,...

Kiliziya irasaba ko umutungo kamere wa Afurika ugirira akamaro Abanyafurika

Kiliziya Gatolika ku mugabane wa Afurika irasaba ko umutungo kamere wa Afurika wagirira akamaro abanyafurika ndetse amakimbirane n’imidugararo bishingiye kuri uwo mutungo kamere bigahagarara. Ibi...

Burundi: Abapolisi barataka Inzara ndetse bamwe batangiye kukivamo

Mu Burundi haravuga ikibazo cy’Inzara muri Polisi y’igihugu, cyane cyane mu bapolisi bakorera mu ntara ya Makamba mu majyepfo y’iki gihugu. Amakuru yizewe akomeje kugera...

MONUSCO yagaragaje ukuri ku byo iri gushinjwa byo kurebera M23 yigarurira agace ka Rwindi

Nyuma y’uko ku Cyumweru gishize M23 yigaruriye agace ka Rwindi bikavugwa ko MONUSCO yarebereye abasirikare bayo kugeza ubwo aka gace gafashwe, yatangaje ko yitandukanyije...
- Advertisement -

Corneille Nangaa uyobora ihuriro rya AFC yandikikiye Perezida Ramaphosa wa Afurika y’Epfo ibaruwa ifunguye

Umuyobozi  w’ihuriro rya Alliance Fleuve Congo (AFC), bwana Corneille Nangaa, aherutse  kwandikira Perezida wa Afrika y’Epfo, Cyril Ramaphosa amubwira ingaruka zerekana icyemezo yafashe cyo...

Subscribe

- Gain full access to our premium content

- Never miss a story with active notifications

- Browse free from up to 5 devices at once

Gospel