33.3 C
Africa
Vrydag, Mei 15, 2026

Breaking news:

Naje kubera umubabaro” – Musaza w’imyaka 82 mu myigaragambyo y’Abanyamulenge i Washington DC

Impunzi z’Abanyamulenge zituye muri United States zazindukiye mu rugendo rw’amahoro rwabereye i Washington, D.C., rugamije kwamagana ubwicanyi n’ihohoterwa bavuga ko bikomeje gukorerwa bene wabo n’abandi...

Mu icuraburindi rya Bijombo, MRDP–Twirwaneho yabaye icyizere cy’Abanyamulenge – Inkuru irambuye

Mu misozi miremire ya Bijombo, aho umuyaga uhora uhuha uzunguza ibyatsi n’imitima y’abaturage, hari inkuru idasanzwe imaze igihe ivugwa mu matamatama ariko ikagenda igira...

Gospel & Faith

Stay on top of what's going on with our subscription deal!

Politics

Sports

Health & Wellness

Gospel News

Business & Economy

Entertainment

Other news

Latest Articles

Amakuru Agezweho: Birababaje! Urupfu rwa yaya Dillo rwateje impagarara mu gihugu

Uminyapolitiki Yaya Dillo yitabye Imana mu rupfu rwateje impagarara nkubera ko ari umwe mu bari bahanganye na perezida w’inzibacyuho wa Tchad, Mahamat Idriss Déby...

Amakuru mashya: Ku kibuga cy’indege cya Rwindi hafatiwe amasasu menshi n’ibifaru na Drone byagombaga gukoreshwa ukwezi kurenga.

Amakuru agezweho aturuka ku mirongo y’imbere ku mbuga y’urugamba arahamya ko M23 yigaruriye ikibuga cy’indege cya Rwindi ihafatira ibikoresho bitandukanye birimo igifaru, amasasu menshi...

Umubare w’Abarwanyi ba Wazalendo bamaze guhungira umuriro wa M23 i Bukavu watumye benshi bashya ubwoba bwinshi cyane

Abarwanyi bahoze mu mitwe ya Wazalendo mu bice bya Masisi na Goma barwana ku ruhande rw’igisirikare cya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo mu ntambara...

Kimwe mu bihugu bya Afurika kirashinjwa gutoteza, gufunga no kwirukana Abanyamerika

Igihugu cya Zimbabwe kirashinjwa na Leta Zunze Ubumwe za Amerika gutoteza, gufunga no kwirukana Abanyamerika benshi bari bari muri icyo gihugu nk’abakozi batanga imfashanyo nyuma...
- Advertisement -

Hamenyekanye ahantu Perezida Tshisekedi wa RDC ari gushakira imbaraga zizamufasha gukuraho ubutegetsi bw’u Rwanda

Perezida Tshisekedi, wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, akomeje gushakisha imbaraga zizamufasha gukuraho ubutegetsi bw’u Rwanda, aho ari muri gahunda yo guhuriza hamwe abagize uruhare...

Subscribe

- Gain full access to our premium content

- Never miss a story with active notifications

- Browse free from up to 5 devices at once

Gospel