37.6 C
Africa
Sondag, Mei 10, 2026

Breaking news:

Naje kubera umubabaro” – Musaza w’imyaka 82 mu myigaragambyo y’Abanyamulenge i Washington DC

Impunzi z’Abanyamulenge zituye muri United States zazindukiye mu rugendo rw’amahoro rwabereye i Washington, D.C., rugamije kwamagana ubwicanyi n’ihohoterwa bavuga ko bikomeje gukorerwa bene wabo n’abandi...

Mu icuraburindi rya Bijombo, MRDP–Twirwaneho yabaye icyizere cy’Abanyamulenge – Inkuru irambuye

Mu misozi miremire ya Bijombo, aho umuyaga uhora uhuha uzunguza ibyatsi n’imitima y’abaturage, hari inkuru idasanzwe imaze igihe ivugwa mu matamatama ariko ikagenda igira...

Gospel & Faith

Stay on top of what's going on with our subscription deal!

Politics

Sports

Health & Wellness

Gospel News

Business & Economy

Entertainment

Other news

Latest Articles

Abasirikare ba Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo bateze umumotari aho kumwishyura amafaranga baramurasa ahita yitaba Imana

Ku munsi w’ejo ku wa gatatu tariki ya 06 Werurwe 2024, mu mujyi wa Goma, mu ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, umumotari yishwe arashwe n’abasirikare...

Gen. Byiringiro Victor wa FDLR yahungiye Ikobo ahetswe mu ngobyi mu gihe imirwano iri gusatira ahari ibirindiro bye

Amakuru aturuka ku mirongo y’imbere ku mbuga y’urugamba aravuga ko Gen. Byiringiro ari mu nzira zimusubiza mu gace ka Ikobo yahozemo nyuma yaho abarwanyi...

Bidasubirwaho M23 iri kugenzura umujyi uvukamo Gen. Sultani Makenga ukuriye igisirikare cyayo.

Ku wa Kabiri tariki 05 Gashyantare, M23 yatangaje ko yigaruriye umujyi wa Nyanzale, agace ko muri Teritwari ya Rutshuru gasanzwe kavukamo Gen. Sultani Makenga...

Abaturage ba Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo bariye karungu batangaje ingabo ziri kurwana ku ruhande rwa FARDC zigomba gucyurwa iwabo.

Abaturage ba Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo barashinja ingabo za SADC gutererana Wazalendo ku rugamba bahanganyemo na M23, bityo bagasaba ko ingabo z’ibihugu byaje...
- Advertisement -

Impunzi z’Abanye-Congo zicumbikiwe mu Burundi, zategetswe kugabanya amasengesho no kudakora ingendo.

Amakuru aturuka mu gihugu cy’u Burundi aravuga ko Impunzi z’Abanye-Congo zahungiye mu gihugu cy’u Burundi, zasabwe kudakora ingendo no kugabanya amasengesho.  Izi mpunzi zabisabwe mu...

Subscribe

- Gain full access to our premium content

- Never miss a story with active notifications

- Browse free from up to 5 devices at once

Gospel