21.3 C
Africa
Sondag, Mei 10, 2026

Breaking news:

Naje kubera umubabaro” – Musaza w’imyaka 82 mu myigaragambyo y’Abanyamulenge i Washington DC

Impunzi z’Abanyamulenge zituye muri United States zazindukiye mu rugendo rw’amahoro rwabereye i Washington, D.C., rugamije kwamagana ubwicanyi n’ihohoterwa bavuga ko bikomeje gukorerwa bene wabo n’abandi...

Mu icuraburindi rya Bijombo, MRDP–Twirwaneho yabaye icyizere cy’Abanyamulenge – Inkuru irambuye

Mu misozi miremire ya Bijombo, aho umuyaga uhora uhuha uzunguza ibyatsi n’imitima y’abaturage, hari inkuru idasanzwe imaze igihe ivugwa mu matamatama ariko ikagenda igira...

Gospel & Faith

Stay on top of what's going on with our subscription deal!

Politics

Sports

Health & Wellness

Gospel News

Business & Economy

Entertainment

Other news

Latest Articles

Amakuru mashya y’ibyo Ambasaderi wa Algeria i Kinshasa yahise akorerwa kubera uruzinduko rwa Gen Chanegriha mu Rwanda

Ku wa Mbere tariki ya 26 Gashyantare, Guverinoma ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo yahamagaje Ambasaderi wa Algeria muri iki gihugu, kugira ngo atange...

Ingabo za kimwe mu bihugu bya SADC ziri muri RDC kurwana na M23 zagereranijwe n’Abarinzi b’imirima y’Amashu!

Ingabo za Afrika y’Epfo zaje gufasha igisirikare cya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo kurwana na M23 zagereranijwe n’abarinzi b’imirima y’amashu, bityo ko badafite ubushobozi...

Abavoka ku rwego mpuzamahanga bari gutegura ibirego karundura kuri Genocide ikorerwa Abatutsi muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo

Abavoka barimo Bernard Maingain n’abandi bagaragaza ko ibyo Abanyamulenge, Abahema n’Abatutsi bose muri rusange, barimo gukorerwa mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo,...

Mu majyaruguru y’u Burundi haravugwa igitero gikomeye cyane cyahitanye abasirikare benshi b’u Burundi.

Mu ijoro ryo ku cyumweru rishyira kuri uyu wa mbere tariki ya 26 Gashyantare 2024, mu majyaruguru y’i gihugu cy’u Burundi hadutse intambara ikomeye...
- Advertisement -

Perezida Tshisekedi yibukijwe ko iyo umubu ukurumye ku bugabo bwawe udakwiye guhita uwukubita ukoresheje imbaraga nyinshi. Video

Perezida Tshisekedi wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo yibukijwe ko iyo umubu ukurumye mu myanya y’ibanga (ku bugabo bwawe) udakwiye guhita uwukubita ukoresheje imbaraga nyinshi...

Subscribe

- Gain full access to our premium content

- Never miss a story with active notifications

- Browse free from up to 5 devices at once

Gospel