22.6 C
Africa
Sondag, Mei 10, 2026

Breaking news:

Naje kubera umubabaro” – Musaza w’imyaka 82 mu myigaragambyo y’Abanyamulenge i Washington DC

Impunzi z’Abanyamulenge zituye muri United States zazindukiye mu rugendo rw’amahoro rwabereye i Washington, D.C., rugamije kwamagana ubwicanyi n’ihohoterwa bavuga ko bikomeje gukorerwa bene wabo n’abandi...

Mu icuraburindi rya Bijombo, MRDP–Twirwaneho yabaye icyizere cy’Abanyamulenge – Inkuru irambuye

Mu misozi miremire ya Bijombo, aho umuyaga uhora uhuha uzunguza ibyatsi n’imitima y’abaturage, hari inkuru idasanzwe imaze igihe ivugwa mu matamatama ariko ikagenda igira...

Gospel & Faith

Stay on top of what's going on with our subscription deal!

Politics

Sports

Health & Wellness

Gospel News

Business & Economy

Entertainment

Other news

Latest Articles

Amakuru mashya y’ibyo Abasirikare b’u Burundi bagiye muri RDC kurwana na M23 batangiye gukorera abayobozi bakuru babo n’ubutumwa bukomeye bahaye Perezida Ndayishimiye

Amakuru aturuka ku mirongo y’imbere ku rugamba, avuga ko abasirikare b’u Burundi bari mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira demokarasi ya Congo kurwana na M23, batangiye...

Hamenyekanye ibyo Evariste Ndayishimiye yaganiriye na Salva Kiir Mayardit uyobora umuryango w’Afrika y’iburasirazuba, EAC.

Ku wa gatanu tariki ya 23 Gashyantare 2024, Perezida wa Sudani y’Epfo akaba n’umuyobozi mukuru w’umuryango w’Afrika y’iburasirazuba, Salva Kiir Mayardit yagiranye ibiganiro na...

Impinduka zikomeye mu ihuriro rya AFC rigamije gushyira akadomo ku butegetsi bwa Félix Tshisekedi Tshilombo.

Hakozwe impinduka zikomeye muri AFC iyobowe na Corneille Nangaa, ikaba igamije gushyira akadomo ku butegetsi bwa perezida Félix Tshisekedi Tshilombo bukomeje kugirira nabi abaturage ba...

Hamenyekanye amahano Leta y’uBurundi, Tanzaniya na HCR bari gukorera impunzi bikazishyira mu kaga gakomeye

Abarundi bahungiye mu nkambi ya Nyarugusu muri Tanzaniya baraye babwiwe ko basigaranye amezi 10 yonyine ngo babe bavuye kubutaka bwa Tanzaniya  Ni nyuma y’aho usanzwe agenzura...
- Advertisement -

Ubwami bw’Abarabu bwahaye igisirikare cya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo intwaro zo kwifashisha mu bikorwa byo kwica abaturage

Mu rwego rwo kongera imbaraga mu  gucungira  umutekano umujyi wa Goma wamaze kugotwa na M23 no gukomeza kumisha ibisasu biremereye mu baturage, igisirikare cya FARDC...

Subscribe

- Gain full access to our premium content

- Never miss a story with active notifications

- Browse free from up to 5 devices at once

Gospel