22.6 C
Africa
Sondag, Mei 10, 2026

Breaking news:

Naje kubera umubabaro” – Musaza w’imyaka 82 mu myigaragambyo y’Abanyamulenge i Washington DC

Impunzi z’Abanyamulenge zituye muri United States zazindukiye mu rugendo rw’amahoro rwabereye i Washington, D.C., rugamije kwamagana ubwicanyi n’ihohoterwa bavuga ko bikomeje gukorerwa bene wabo n’abandi...

Mu icuraburindi rya Bijombo, MRDP–Twirwaneho yabaye icyizere cy’Abanyamulenge – Inkuru irambuye

Mu misozi miremire ya Bijombo, aho umuyaga uhora uhuha uzunguza ibyatsi n’imitima y’abaturage, hari inkuru idasanzwe imaze igihe ivugwa mu matamatama ariko ikagenda igira...

Gospel & Faith

Stay on top of what's going on with our subscription deal!

Politics

Sports

Health & Wellness

Gospel News

Business & Economy

Entertainment

Other news

Latest Articles

Burundi: Minisitiri Albert Shingiro yatumye benshi bacika ururondogoro nyuma yuko ahawe agashimwe katabaho.

Minisitiri w’ubanyi n’amahanga w’u Burundi, Albert Shingiro yahawe agashimwe katarigera gahabwa undi muntu uwo ari we wese kuri iyi si dutuyeho.  Ni agashimwe Minisitiri w’ubanye Shingiro yaherewe...

Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo yahawe urw’amenyo kubera ibyo yasabye umuryango w’abibumbye gukorera u Rwanda

Intumwa ihoraho ya Repubulika Iharanira demokarasi ya Congo mu muryango w’Abibumbye, Zénon Makongo, yahawe urw’amenyo nyuma yuko asabye LONI kutazongera guha u Rwanda ijambo...

Habaye impinduka zidasobanutse muri Guverinoma ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo

Kuri uyu wa Kabiri tariki ya 20 Gashyantare 2024, nibwo Sama Lukonde wari minisitiri w’intebe muri guverinoma Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo yasabye kwegura kuri...

Perezida Kagame w’u Rwanda yiyamye Tshisekedi wa RDC nyuma y’ibyo yari amaze kuvugira mu nama yabereye i Addis Abeba.

Ikibazo cy’u Rwanda na Repubulika ya Demokarasi ya Congo, cyizwe mu Nama y’u muryango w’Afrika yunze ubumwe ya 37 yahuje abakuru b’ibihugu bigize umuryango...
- Advertisement -

Hamenyekanye igihano cyahawe Lt Col Aaron Ndayishimiye, wayoboye igitero cyagabwe kuri M23 akaza gupfusha abasirikare benshi abandi bagafatwa mpiri

Bravugwa ko Lt Col Aaron Ndayishimiye wayoboye igitero cyagabwe kuri M23 kikaza kugwamo abasirikare benshi, abandi benshi bagafatirwa ku rugamba mu ntara ya Kivu...

Subscribe

- Gain full access to our premium content

- Never miss a story with active notifications

- Browse free from up to 5 devices at once

Gospel