24.4 C
Africa
Sondag, Mei 10, 2026

Breaking news:

Naje kubera umubabaro” – Musaza w’imyaka 82 mu myigaragambyo y’Abanyamulenge i Washington DC

Impunzi z’Abanyamulenge zituye muri United States zazindukiye mu rugendo rw’amahoro rwabereye i Washington, D.C., rugamije kwamagana ubwicanyi n’ihohoterwa bavuga ko bikomeje gukorerwa bene wabo n’abandi...

Mu icuraburindi rya Bijombo, MRDP–Twirwaneho yabaye icyizere cy’Abanyamulenge – Inkuru irambuye

Mu misozi miremire ya Bijombo, aho umuyaga uhora uhuha uzunguza ibyatsi n’imitima y’abaturage, hari inkuru idasanzwe imaze igihe ivugwa mu matamatama ariko ikagenda igira...

Gospel & Faith

Stay on top of what's going on with our subscription deal!

Politics

Sports

Health & Wellness

Gospel News

Business & Economy

Entertainment

Other news

Latest Articles

M23 yahaye isomo SADC, FARDC, FDLR, abacancuro, Wazalendo n’Ingabo z’u Burundi, zihunga amasigamana izuba rizimena agahanga

Kuri uyu wa gatandatu tariki 17 Gashyantare 2024, Ihuriro ry’ingabo zirwana kuruhande rwa Guverinema ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, zirutse amasigamana zihunga abarwanyi...

FARDC n’abambari bayo bahinze umushyitsi nyuma yuko Indege ebyiri za gisirikare zirasiwe mu mujyi wa Goma.

Amakuru aturuka ku mirongo y’imbere ku rugamba muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, avuga ko Ku kibuga cy’indege cya Goma, mu Ntara ya Kivu...

Abasirikare b’u Burundi bongeye guhurira n’uruva gusenya muri RDC nyuma y’igihe gito Perezida Ndayishimiye avuyeyo

Amakuru aturuka ku mirongo y’imbere ku rugamba avuga ko M23 yarwaniriye abasivile yambura ihuriro ry’Ingabo zirwana ku ruhande rwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ibirimo...

Uwahoze ari Perezida wa Afrika y’Epfo yatangaje ko atumva impamvu ingabo z’igihugu cye ziri gupfira muri Congo anavuga ko impamvu M23 irwanira zumvikana

Uwahoze ari Perezida wa Afrika y’Epfo, Thabo Mbeki, ntiyumva impamvu ingabo z’i gihugu cye ziri gupfira muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo aho zagiye...
- Advertisement -

U Rwanda rwasabye LONI kureka guha Ubufasha FDLR n’ihuriro ry’ingabo zirwana ku ruhande rwa FARDC runavuga icyo rugiye gukora.

U Rwanda rwagaragarije Akanama k’Umuryango w’Abibumbye gashinzwe umutekano impungenge rutewe n’ubufatanye bw’Ingabo zihanganye na M23 harimo iza Afurika y’Amajyepfo, SADC, n’imitwe yitwaje intwaro irimo...

Subscribe

- Gain full access to our premium content

- Never miss a story with active notifications

- Browse free from up to 5 devices at once

Gospel