35.2 C
Africa
Woensdag, Mei 6, 2026

Breaking news:

CEO Officer Jean de Dieu yashyize hanze album “Greatest Hits 2026” ya Mulenge Record Musics igamije gukomeza morale y’Abanyamulenge

Mu gihe ibibazo by’umutekano muke, ubwicanyi n’itotezwa bikomeje kuvugwa mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, hagiye hashyirwaho uburyo butandukanye bwo gukomeza ijwi ry’abaturage...

Mahoro Peace Association na Isoko U.S bateguye imyigaragambyo y’amahoro i Washington DC yamagana ihohoterwa rikorerwa Abanyamulenge n’Abatutsi muri RDC

Mahoro Peace Association ifatanyije na Isoko U.S bateguye imyigaragambyo y’amahoro iteganyijwe ku wa 20 Mata 2026 i Washington DC, igamije kwamagana ihohoterwa rikomeje gukorerwa...

Gospel & Faith

Stay on top of what's going on with our subscription deal!

Politics

Sports

Health & Wellness

Gospel News

Business & Economy

Entertainment

Naje kubera umubabaro” – Musaza w’imyaka 82 mu myigaragambyo y’Abanyamulenge i Washington DC

Impunzi z’Abanyamulenge zituye muri United States zazindukiye mu rugendo...

Ndayishimiye yahakanye ibyavuzwe ku nkongi ya Camp Base, avuga ko atari amashanyarazi yahatwitse

Perezida w’u Burundi Évariste Ndayishimiye yahakanye amakuru yari yatangajwe...

Ndayishimiye yavuze ko ashobora kujya i Kigali ariko u Burundi bugakomeza gufunga umupaka n’u Rwanda

Perezida w’u Burundi Évariste Ndayishimiye, kuri ubu unayoboye African...

Other news

Latest Articles

M23 yongeye kuvugwa ibigwi nyuma y’ibyo yakoreye ingabo za SADC na FARDC muri Kanyangohe

Imirwano yahuje umutwe wa M23 n’ihuriro ry’ingabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo hamwe na SADC muri Kanyangohe yaje kurangira umutwe wa M23 wegukanye intsinzi...

Bahuye n’uruva gusenya: FARDC n’abambari ba yo bakubitiwe muri Mweso bakizwa n’amaguru, Col Kaceri wa FDLR arahagwa. Amafoto

Ihuriro ry’ingabo Ingabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo zakubiswe inshuro n’ingabo z’umutwe wa M23 zihunga zerekeza i Bukama, umudugudu uherereye mu birometero 2...

Umutwe wa M23 wazamuye mu ntera abasirikare bakuru barimo Major Willy Ngoma na Mushikiwabo Louise

Ku wa Kabiri tariki ya 23 Mutarama 2024, Perezida w’umutwe wa M23, Bertrand Bisimwa, yazamuye mu ntera abasirikare bawo barimo Major Willy usanzwe ari umuvugizi...

M23 yahanuye imwe muri drone z’igisirikare cya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo inatanga umuburo ku yindi ya MONUSCO. Amafoto

Ihuriro rya Alliance Fleuve Congo (AFC)  ribarizwamo umutwe wa M23 ryashyize hanze amafoto ya Drone ya CH-4  y’ingabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo,...
- Advertisement -

Mu mujyi wa Goma hateguwe imyigaragambyo karundura igomba kuba uy’u munsi ku wa Gatatu.

Mu mujyi wa Goma ufatwa nk’umurwa mukuru wa Kivu ya ruguru hateguwe imyigaragambyo karundura yo kwamagana icyemezo leta yafashe cyo guharika moto zikorera muri...

Subscribe

- Gain full access to our premium content

- Never miss a story with active notifications

- Browse free from up to 5 devices at once

Gospel