26.9 C
Africa
Woensdag, Mei 6, 2026

Breaking news:

CEO Officer Jean de Dieu yashyize hanze album “Greatest Hits 2026” ya Mulenge Record Musics igamije gukomeza morale y’Abanyamulenge

Mu gihe ibibazo by’umutekano muke, ubwicanyi n’itotezwa bikomeje kuvugwa mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, hagiye hashyirwaho uburyo butandukanye bwo gukomeza ijwi ry’abaturage...

Mahoro Peace Association na Isoko U.S bateguye imyigaragambyo y’amahoro i Washington DC yamagana ihohoterwa rikorerwa Abanyamulenge n’Abatutsi muri RDC

Mahoro Peace Association ifatanyije na Isoko U.S bateguye imyigaragambyo y’amahoro iteganyijwe ku wa 20 Mata 2026 i Washington DC, igamije kwamagana ihohoterwa rikomeje gukorerwa...

Gospel & Faith

Stay on top of what's going on with our subscription deal!

Politics

Sports

Health & Wellness

Gospel News

Business & Economy

Entertainment

Naje kubera umubabaro” – Musaza w’imyaka 82 mu myigaragambyo y’Abanyamulenge i Washington DC

Impunzi z’Abanyamulenge zituye muri United States zazindukiye mu rugendo...

Ndayishimiye yahakanye ibyavuzwe ku nkongi ya Camp Base, avuga ko atari amashanyarazi yahatwitse

Perezida w’u Burundi Évariste Ndayishimiye yahakanye amakuru yari yatangajwe...

Ndayishimiye yavuze ko ashobora kujya i Kigali ariko u Burundi bugakomeza gufunga umupaka n’u Rwanda

Perezida w’u Burundi Évariste Ndayishimiye, kuri ubu unayoboye African...

Other news

Latest Articles

M23 yahaye aho igenzura abayobozi bashya inabaha inshingano zikomeye nyuma yuko Tshisekedi arahiriye kuyobora RDC hatarimo uduce tugenzurwa n’uyu mutwe

Kuri uyu wa Kabiri tariki ya 23 Mutarama Umutwe wa M23 ukorera mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo washyizeho abayobozi bashya mu...

Amerika yasabye Tshisekedi wa RDC gukora ibyashimishije abakandiba bose bahatanye na we mu matora batishimiye ibyayavuyemo

Nyuma y’uko amatora abaye muri Repuburika Iharanira Demokarasi ya Congo ntavugweho rumwe na benshi n’inzego zitandukanye cyane ku bari mu bahatana ku mwanya w’umukuru...

Bahati Erasto, umukomanda mukuru wa M23 byavugwaga ko yishwe na FARDC yagaragaye mu yandi mashusho yazamuye imbamutima za benshi

Umwe mu bakomanda babiri b’umutwe wa M23 byavugwaga ko yishwe na FARDC yagaragaye mu yindi video yazamuye imbamutima za benshi, aho yagaragaye ari mu...

Bakubiswe bahinduka ubusa imbere ya M23 – Umuhuza bikorwa wa M23, Benjamin Mbonimpa, yahishuye ibyabaye ku ihuriro ry’ingabo za RDC na SADC.

Umuhuzabikorwa w’umutwe wa M23 ukorera mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Benjamin Mbonimpa, yigambye gukubita ihuriro ry’Ingabo z’ubutegetsi bwa Kinshasa ku bufatanye...
- Advertisement -

Ibitero bikomeye bya FARDC, SADC, FDLR, FARDC, Wagner, ingabo z’u Burundi na Wazalendo byongeye kwibasira abaturage mu gace ka Mweso

Ihuriro ry’Ingabo z’ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ku bufatanye n’Ingabo z’umuryango w’Afrika y’Amajyepfo, (SADC), bongeye kugaba ibitero mu baturage baturiye Mweso, mu ntara...

Subscribe

- Gain full access to our premium content

- Never miss a story with active notifications

- Browse free from up to 5 devices at once

Gospel