23.7 C
Africa
Woensdag, Mei 6, 2026

Breaking news:

CEO Officer Jean de Dieu yashyize hanze album “Greatest Hits 2026” ya Mulenge Record Musics igamije gukomeza morale y’Abanyamulenge

Mu gihe ibibazo by’umutekano muke, ubwicanyi n’itotezwa bikomeje kuvugwa mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, hagiye hashyirwaho uburyo butandukanye bwo gukomeza ijwi ry’abaturage...

Mahoro Peace Association na Isoko U.S bateguye imyigaragambyo y’amahoro i Washington DC yamagana ihohoterwa rikorerwa Abanyamulenge n’Abatutsi muri RDC

Mahoro Peace Association ifatanyije na Isoko U.S bateguye imyigaragambyo y’amahoro iteganyijwe ku wa 20 Mata 2026 i Washington DC, igamije kwamagana ihohoterwa rikomeje gukorerwa...

Gospel & Faith

Stay on top of what's going on with our subscription deal!

Politics

Sports

Health & Wellness

Gospel News

Business & Economy

Entertainment

Naje kubera umubabaro” – Musaza w’imyaka 82 mu myigaragambyo y’Abanyamulenge i Washington DC

Impunzi z’Abanyamulenge zituye muri United States zazindukiye mu rugendo...

Ndayishimiye yahakanye ibyavuzwe ku nkongi ya Camp Base, avuga ko atari amashanyarazi yahatwitse

Perezida w’u Burundi Évariste Ndayishimiye yahakanye amakuru yari yatangajwe...

Ndayishimiye yavuze ko ashobora kujya i Kigali ariko u Burundi bugakomeza gufunga umupaka n’u Rwanda

Perezida w’u Burundi Évariste Ndayishimiye, kuri ubu unayoboye African...

Other news

Latest Articles

Umutwe wa M23 watanze isomo muri Mweso mu gihe havugwa indi mirwano i Kanyamahoro

Mu gitondo cyo kuri uyu wa Mbere imirwano hagati y’umutwe wa M23 n’ihuriro ry’inyeshyamba zifatanya na FARDC (Wazalendo) n’abacancuro biravugwa ko yaramukiye ku muhanda...

Ntabwo yapfuye! Umwe mu basirikare bakuru ba M23 biheruka kuvugwa ko yishwe na FARDC aracyari muzima. Amafoto + Video

Amakuru yizewe agera kuri Corridorreport.com ahamya ko umwe mu basirikare bakuru b’umutwe wa M23 witwa Bahati Erasto byari byavuzwe ko yishwe n’ingabo za Repubulika...

Hatangajwe amakuru mashya ku basirikare ba M23 ‘Bafashwe mpiri’ n’ingabo za FARDC

Ubuyobozi bw’Igisirikare cya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo mu ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, ku munsi w’ejo ku wa gatandatu tariki ya 20/01/2024, bwerekanye abasirikare...

Habaye Imyigaragambyo karundura yamagana irahira rya Félix Tshisekedi warahiriye kuyobora RDC muri manda ya kabiri. Amafoto

Haravugwa imyigaragambyo karandura yamagana irahara rya perezida Félix Tshisekedi warahiriye kuyobora Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo muri manda ya kabiri.  Kugeza ubu imyigaragambyo iracyarimo kuvugwa...
- Advertisement -

Hashyizweho amabwiriza mashya agenga abaturage bose baturiye ibice bigenzurwa n’umutwe wa M23.

Ubuyobozi bw’umutwe wa M23, bashyize hanze itangazo rimenyesha abaturage bose amabwiriza mashya agenga abaturiye ibice bigenzurwa n’inngabo za wo.  Mu itangazo rigufi bashyize hanze kuri...

Subscribe

- Gain full access to our premium content

- Never miss a story with active notifications

- Browse free from up to 5 devices at once

Gospel