28.8 C
Africa
Dinsdag, Mei 5, 2026

Breaking news:

CEO Officer Jean de Dieu yashyize hanze album “Greatest Hits 2026” ya Mulenge Record Musics igamije gukomeza morale y’Abanyamulenge

Mu gihe ibibazo by’umutekano muke, ubwicanyi n’itotezwa bikomeje kuvugwa mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, hagiye hashyirwaho uburyo butandukanye bwo gukomeza ijwi ry’abaturage...

Mahoro Peace Association na Isoko U.S bateguye imyigaragambyo y’amahoro i Washington DC yamagana ihohoterwa rikorerwa Abanyamulenge n’Abatutsi muri RDC

Mahoro Peace Association ifatanyije na Isoko U.S bateguye imyigaragambyo y’amahoro iteganyijwe ku wa 20 Mata 2026 i Washington DC, igamije kwamagana ihohoterwa rikomeje gukorerwa...

Gospel & Faith

Stay on top of what's going on with our subscription deal!

Politics

Sports

Health & Wellness

Gospel News

Business & Economy

Entertainment

Naje kubera umubabaro” – Musaza w’imyaka 82 mu myigaragambyo y’Abanyamulenge i Washington DC

Impunzi z’Abanyamulenge zituye muri United States zazindukiye mu rugendo...

Ndayishimiye yahakanye ibyavuzwe ku nkongi ya Camp Base, avuga ko atari amashanyarazi yahatwitse

Perezida w’u Burundi Évariste Ndayishimiye yahakanye amakuru yari yatangajwe...

Ndayishimiye yavuze ko ashobora kujya i Kigali ariko u Burundi bugakomeza gufunga umupaka n’u Rwanda

Perezida w’u Burundi Évariste Ndayishimiye, kuri ubu unayoboye African...

Other news

Latest Articles

Human Right watch yasabye ko hakorwa iperereza ku matora aherutse kuba muri RDC agatsindwa na Tshisekedi

Umuryango Uharanira Uburenganzira bwa muntu (Human Right Watch), wasabye ko hakorwa iperereza ku matora aherutse kuba muri Repuburika Iharanira Demokarasi ya Congo.  Ni nyuma y’uko...

Ingabo za FARDC na FDLR bongeye kwibasira Abaturage bo muri Nyongera bifashishije ibitwaro biremereye na Drones

Ihuriro ry’imitwe y’inyeshyamba ryiswe Wazalendo zifatanyije n’ingabo za Leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo FARDC hamwe n’abacanchuro n’Ingabo z’u Burundi bongeye kugaba ibitero...

Hashyizweho ba komanda bashya ba FARDC muri Kivu y’Amajyaruguru, Ituri na Equateur muri Repuburika ya Demokarasi ya Congo

Ku munsi w’ejo ku cyumweru, tariki 7 Mutarama, muri Repuburika ya Demokarasi ya Congo hashyizweho abayobozi bashya b’ingabo mu turere twa gisirikare muri Kivu...

LDC Irasaba Inzibacyuho nyuma y’amatora! yereka abanyekongo icyobakora kugirango bagire igihugu cyiza »Inkuru irambuye

Abanyamuryango ba Diaspora y’Abanyekongo ku isi, bakomeje kugaragaza ko bahangayikishije cyane n’imiterere ya Politike yo Muri Repubulika iharanira demokarasi ya Congo nyuma y’amatora bise...
- Advertisement -

Cinema: Shia LaBeouf  wifuza kuba umudiyakoni yakiriwe muri Kiliziya

Ku mugoroba wo ku cyumweru, tariki ya 31 Ukuboza 2023, nibwo icyamamare muri sinema, Shia LaBeouf yakiriwe muri Kiliziya Gatolika ndetse anahabwa Isakaramentu ry’Ugukomezwa. Ibirori...

Subscribe

- Gain full access to our premium content

- Never miss a story with active notifications

- Browse free from up to 5 devices at once

Gospel