28.8 C
Africa
Dinsdag, Mei 5, 2026

Breaking news:

CEO Officer Jean de Dieu yashyize hanze album “Greatest Hits 2026” ya Mulenge Record Musics igamije gukomeza morale y’Abanyamulenge

Mu gihe ibibazo by’umutekano muke, ubwicanyi n’itotezwa bikomeje kuvugwa mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, hagiye hashyirwaho uburyo butandukanye bwo gukomeza ijwi ry’abaturage...

Mahoro Peace Association na Isoko U.S bateguye imyigaragambyo y’amahoro i Washington DC yamagana ihohoterwa rikorerwa Abanyamulenge n’Abatutsi muri RDC

Mahoro Peace Association ifatanyije na Isoko U.S bateguye imyigaragambyo y’amahoro iteganyijwe ku wa 20 Mata 2026 i Washington DC, igamije kwamagana ihohoterwa rikomeje gukorerwa...

Gospel & Faith

Stay on top of what's going on with our subscription deal!

Politics

Sports

Health & Wellness

Gospel News

Business & Economy

Entertainment

Naje kubera umubabaro” – Musaza w’imyaka 82 mu myigaragambyo y’Abanyamulenge i Washington DC

Impunzi z’Abanyamulenge zituye muri United States zazindukiye mu rugendo...

Ndayishimiye yahakanye ibyavuzwe ku nkongi ya Camp Base, avuga ko atari amashanyarazi yahatwitse

Perezida w’u Burundi Évariste Ndayishimiye yahakanye amakuru yari yatangajwe...

Ndayishimiye yavuze ko ashobora kujya i Kigali ariko u Burundi bugakomeza gufunga umupaka n’u Rwanda

Perezida w’u Burundi Évariste Ndayishimiye, kuri ubu unayoboye African...

Other news

Latest Articles

RDC: AFC iyobowe na Corneille Nangaa yungutse izindi mbaraga

Urubyiruko rwa RDC kuri ubu biratangazwa ko rwamaze kuyoboka ku bwinshi ishyaka rya Alliance Fleuve Congo (AFC); Aba bayobotse biganjemo abo mugace ka Masisi...

Niwe uyobora Mahoro Peace! Menya Adel Kibasumba Umunyamulengekazi uzi kwirwanaho »Amafoto

Adel Kibasumba, yavutse tariki ya 24 Mata 1989 muri Uvira ni Umunyamulenge, wo mu bwoko bw’Abatutsi, mu gihugu cya Republika ya Demokarasi ya Congo;...

Ibya Kazungu Denis byafashe indi ntera! Hari undi mukobwa yafashe kungufu

Amakuru avuga kurubanza rwa Denis Kazungu wemeye ibyaha birenga 10 birimo iyicarubozo, gusambanya ku ngufu, no kwica abagore benshi rwasubitswe none kuwa mbere kubera...

RDC: CENI yatesheje agaciro ibyavuye mu matora! Abishimiraga instinze bagwa mukantu

Komisiyo y’amatora muri Congo (CENI) yatesheje agaciro amwe mu majwi yavuye mu matora mu turere tumwe na tumwe, bitewe n’uko hari ibimenyetso byagaragaye byerekana...
- Advertisement -

Papa Francis yatangaje izindi mpinduka kubyo guha umugisha Abatinganyi

Ibyo guha Umugisha Abatinganyi Papa Francis aherutse kwemerera abashumba ba Kiliziya Gatolika mu kwezi gushize bwo guha umugisha ababana ari abatinganyi n’ababana mu buryo...

Subscribe

- Gain full access to our premium content

- Never miss a story with active notifications

- Browse free from up to 5 devices at once

Gospel