35.9 C
Africa
Maandag, Mei 4, 2026

Breaking news:

CEO Officer Jean de Dieu yashyize hanze album “Greatest Hits 2026” ya Mulenge Record Musics igamije gukomeza morale y’Abanyamulenge

Mu gihe ibibazo by’umutekano muke, ubwicanyi n’itotezwa bikomeje kuvugwa mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, hagiye hashyirwaho uburyo butandukanye bwo gukomeza ijwi ry’abaturage...

Mahoro Peace Association na Isoko U.S bateguye imyigaragambyo y’amahoro i Washington DC yamagana ihohoterwa rikorerwa Abanyamulenge n’Abatutsi muri RDC

Mahoro Peace Association ifatanyije na Isoko U.S bateguye imyigaragambyo y’amahoro iteganyijwe ku wa 20 Mata 2026 i Washington DC, igamije kwamagana ihohoterwa rikomeje gukorerwa...

Gospel & Faith

Stay on top of what's going on with our subscription deal!

Politics

Sports

Health & Wellness

Gospel News

Business & Economy

Entertainment

Naje kubera umubabaro” – Musaza w’imyaka 82 mu myigaragambyo y’Abanyamulenge i Washington DC

Impunzi z’Abanyamulenge zituye muri United States zazindukiye mu rugendo...

Ndayishimiye yahakanye ibyavuzwe ku nkongi ya Camp Base, avuga ko atari amashanyarazi yahatwitse

Perezida w’u Burundi Évariste Ndayishimiye yahakanye amakuru yari yatangajwe...

Ndayishimiye yavuze ko ashobora kujya i Kigali ariko u Burundi bugakomeza gufunga umupaka n’u Rwanda

Perezida w’u Burundi Évariste Ndayishimiye, kuri ubu unayoboye African...

Other news

Latest Articles

RD-CONGO: CENI  yashyize hanze gahunda izagenderwaho hatangazwa amajwi y’ibyavuye mu matora

Tariki 31 Ukuboza 2023 ku isaha ya saa munani z’amanywa I Kinshasa nibwo CENI izatangaza amajwi y’ibyavuye mu matora y’umukuru w’igihugu yabaye tariki ya...

Ni ikibazo cy’ubukene Leta y’u Burundi ifite »Bertrand Bisimwa yanenze bikomeye Perezida Ndayishimiye

Perezida w’Umutwe wa M23 Bertrand Bisimwa, yanenze cyane Perezida w’u Burundi, Evariste Ndayishimiye ushaka urwitwazo rwo gukomeza kwica abatutsi bo muri Congo yitwaje ko...

Corneille Nangaa yageze muri RD-Congo »Reba agace arimo nicyo yasabye abaturage

Corneille Nangaa yashyize umukono ku itangazo rihamagarira abanyekongo kuba umwe no kugira ubafatanye kugushaka icyazana amahoro muri RDC; Umukono wa Nangaa ugaragaza ko yaba...

Corneille Nangaa yasohoye itangazo rivuga ko AFC igiye kujya I Kinshasa gukuraho Tshisekedi! Umva ibindi yasabye abaturage ba RD-Congo

AFC yumvikanye kumbugankoranyambaga yizeza abaturage ba Congo ko igiye gukoresha uburyo bwose ifite buteganywa n’itegeko nshinga n’amategeko ya repubulika mu kugarura demokarasi no kugendera...
- Advertisement -

FARDC yifashishije indege y’intambara SUKHOÏ-25 mu kurasa M23 ariko M23 yo ikomeza gusaba abaturage kutagira ubwoba

SUKHOÏ-25 indege y’intambara yifashishijwe n’ihuriro ry’Ingabo zirwana k’uruhande rwa Guverinoma ya Kinshasa, FDLR, FARDC, Wagner, Ingabo z’u Burundi na Wazalendo mu kurasa ibisasu biremereye...

Subscribe

- Gain full access to our premium content

- Never miss a story with active notifications

- Browse free from up to 5 devices at once

Gospel