25.8 C
Africa
Maandag, Mei 4, 2026

Breaking news:

CEO Officer Jean de Dieu yashyize hanze album “Greatest Hits 2026” ya Mulenge Record Musics igamije gukomeza morale y’Abanyamulenge

Mu gihe ibibazo by’umutekano muke, ubwicanyi n’itotezwa bikomeje kuvugwa mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, hagiye hashyirwaho uburyo butandukanye bwo gukomeza ijwi ry’abaturage...

Mahoro Peace Association na Isoko U.S bateguye imyigaragambyo y’amahoro i Washington DC yamagana ihohoterwa rikorerwa Abanyamulenge n’Abatutsi muri RDC

Mahoro Peace Association ifatanyije na Isoko U.S bateguye imyigaragambyo y’amahoro iteganyijwe ku wa 20 Mata 2026 i Washington DC, igamije kwamagana ihohoterwa rikomeje gukorerwa...

Gospel & Faith

Stay on top of what's going on with our subscription deal!

Politics

Sports

Health & Wellness

Gospel News

Business & Economy

Entertainment

Naje kubera umubabaro” – Musaza w’imyaka 82 mu myigaragambyo y’Abanyamulenge i Washington DC

Impunzi z’Abanyamulenge zituye muri United States zazindukiye mu rugendo...

Ndayishimiye yahakanye ibyavuzwe ku nkongi ya Camp Base, avuga ko atari amashanyarazi yahatwitse

Perezida w’u Burundi Évariste Ndayishimiye yahakanye amakuru yari yatangajwe...

Ndayishimiye yavuze ko ashobora kujya i Kigali ariko u Burundi bugakomeza gufunga umupaka n’u Rwanda

Perezida w’u Burundi Évariste Ndayishimiye, kuri ubu unayoboye African...

Other news

Latest Articles

Hamenyekanye umukandida umaze kwanikira abandi mu matora ya RDC akaba amaze kugira amajwi arenga 85 ku ijana

Abanye-Congo baba mu mahanga batoye ku bwinshi Félix Tshisekedi nk’umukandida ukwiye gukomeza kuyobora Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, RDC.  Nyuma y’umunsi umwe amatora y’Umukuru w’Igihugu...

UWASE Deborah yegukanye ikamba rya Miss Mulenge World 2023-2024 »Amafoto & Video

UWASE Deborah yegukanye ikamba rya Miss Mulenge World 2023-2024 ndetse kandi akaba ari nawe mukobwa uritwaye kunshuro ya mbere kuva ryavugururwa kuko mbere ryitwaga...

Umutwe wa Hamas wasabye ikintu gikomeye Israel kugira ngo urekure imfungwa zayo zose bishyira Leta y’iki gihugu mu bihe bigoye cyane

Umutwe wa Hamas ugenzura Gaza wamaganiye kure icyifuzo cyo kurekura abandi banya-Israel washimuse kugeza iki gihugu cyemeye “guhagarika burundu intambara”.  Israel ivuga ko imaze kwica...

Benshi bishimiye icyemezo cya Kiliziya gatolika y’u Rwanda cyo kudaha ishingiro ubutinganyi

Kuri uyu wa Kane,tariki ya 21 Ukuboza,Kiliziya Gatolika mu Rwanda yemeje ko idashobora guha umugisha umubano w’ababana bahuje igitsina kuko byaba bivuguruza itegeko ry’Imana...
- Advertisement -

Imirwano yubuye mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo

Imirwano yubuye muri teritwari ya Masisi, Intara ya Kivu y’Amajyaruguru muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo (RDC) nyuma y’agahenge kari kamaze iminsi irenga 10.  Perezida...

Subscribe

- Gain full access to our premium content

- Never miss a story with active notifications

- Browse free from up to 5 devices at once

Gospel