26.1 C
Africa
Maandag, Mei 4, 2026

Breaking news:

CEO Officer Jean de Dieu yashyize hanze album “Greatest Hits 2026” ya Mulenge Record Musics igamije gukomeza morale y’Abanyamulenge

Mu gihe ibibazo by’umutekano muke, ubwicanyi n’itotezwa bikomeje kuvugwa mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, hagiye hashyirwaho uburyo butandukanye bwo gukomeza ijwi ry’abaturage...

Mahoro Peace Association na Isoko U.S bateguye imyigaragambyo y’amahoro i Washington DC yamagana ihohoterwa rikorerwa Abanyamulenge n’Abatutsi muri RDC

Mahoro Peace Association ifatanyije na Isoko U.S bateguye imyigaragambyo y’amahoro iteganyijwe ku wa 20 Mata 2026 i Washington DC, igamije kwamagana ihohoterwa rikomeje gukorerwa...

Gospel & Faith

Stay on top of what's going on with our subscription deal!

Politics

Sports

Health & Wellness

Gospel News

Business & Economy

Entertainment

Naje kubera umubabaro” – Musaza w’imyaka 82 mu myigaragambyo y’Abanyamulenge i Washington DC

Impunzi z’Abanyamulenge zituye muri United States zazindukiye mu rugendo...

Ndayishimiye yahakanye ibyavuzwe ku nkongi ya Camp Base, avuga ko atari amashanyarazi yahatwitse

Perezida w’u Burundi Évariste Ndayishimiye yahakanye amakuru yari yatangajwe...

Ndayishimiye yavuze ko ashobora kujya i Kigali ariko u Burundi bugakomeza gufunga umupaka n’u Rwanda

Perezida w’u Burundi Évariste Ndayishimiye, kuri ubu unayoboye African...

Other news

Latest Articles

Guverineri Idrissa Mangala yashinjwe kujyana amatora yo muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo mu rugo iwe

Amatora ari muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo akomeje kugaragaramo amanyanga menshi, kugeza aho muri Kindu site y’amatora bayishyize mu rugo rwa Guverineri w’Intara...

Bimwe mu bisubizo by’abatsinze amatora muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo byatangiye kwerekanwa

Ibisubizo by’ibyavuye mu matora y’ejo kuwa gatatu tariki 20 Ukuboza byagaragaye kuva mu gitondo cyo ku wa kane mu bigo byinshi bikoreramo ibiro by’amatora...

Rwanda: Kiliziya Gatolika yashyize umucyo ku cyo guha umugisha ababana bahuje ibitsina »Abatinganyi

Kiliziya Gatolika mu Rwanda yagaragaje ko Kiliziya ititeguye guha umugisha umubano w’ababana bahuje igitsina kuko byaba bivuguruza itegeko ry’Imana n’umuco wacu. Ibi byatangajwe kuri uyu...

Gen. Christian Tshiwewe yagabanyirijwe ubushobozi n’inshingano yari asanganywe mu gisirikare cya FARDC

Biravuga ko Umugaba Mukuru w’Ingabo z’iki gihugu, Gen. Christian Tshiwewe Songesa yagabanyirijwe ubushobozi, yamburwa zimwe mu nshingano.  Tshiwewe ni Umugaba Mukuru w’Ingabo za FARDC kuva...
- Advertisement -

Umunyamulenge wahagarariye amatora muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo yakubiswe agirwa intere bamwita umunyarwanda

Umunyamurenge w’umupolisi yakubiswe agirwa intere nyuma y’uko ahagarariye amatora kuri site imwe muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo bamwita umunyarwanda.  Ibi byabaye kuri uyu wa...

Subscribe

- Gain full access to our premium content

- Never miss a story with active notifications

- Browse free from up to 5 devices at once

Gospel