Mahoro Peace Association ifatanyije na Isoko U.S bateguye imyigaragambyo y’amahoro iteganyijwe ku wa 20 Mata 2026 i Washington DC, igamije kwamagana ihohoterwa rikomeje gukorerwa...
Sosiyete nyinshi zo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika zikora ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro zirimo kugaragaza ubushake bwo gushora imari mu birombe bya...
Amatora ari muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo akomeje kugaragaramo amanyanga menshi, kugeza aho muri Kindu site y’amatora bayishyize mu rugo rwa Guverineri w’Intara...
Ibisubizo by’ibyavuye mu matora y’ejo kuwa gatatu tariki 20 Ukuboza byagaragaye kuva mu gitondo cyo ku wa kane mu bigo byinshi bikoreramo ibiro by’amatora...
Biravuga ko Umugaba Mukuru w’Ingabo z’iki gihugu, Gen. Christian Tshiwewe Songesa yagabanyirijwe ubushobozi, yamburwa zimwe mu nshingano.
Tshiwewe ni Umugaba Mukuru w’Ingabo za FARDC kuva...
Umunyamurenge w’umupolisi yakubiswe agirwa intere nyuma y’uko ahagarariye amatora kuri site imwe muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo bamwita umunyarwanda.
Ibi byabaye kuri uyu wa...