28.5 C
Africa
Maandag, Mei 4, 2026

Breaking news:

CEO Officer Jean de Dieu yashyize hanze album “Greatest Hits 2026” ya Mulenge Record Musics igamije gukomeza morale y’Abanyamulenge

Mu gihe ibibazo by’umutekano muke, ubwicanyi n’itotezwa bikomeje kuvugwa mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, hagiye hashyirwaho uburyo butandukanye bwo gukomeza ijwi ry’abaturage...

Mahoro Peace Association na Isoko U.S bateguye imyigaragambyo y’amahoro i Washington DC yamagana ihohoterwa rikorerwa Abanyamulenge n’Abatutsi muri RDC

Mahoro Peace Association ifatanyije na Isoko U.S bateguye imyigaragambyo y’amahoro iteganyijwe ku wa 20 Mata 2026 i Washington DC, igamije kwamagana ihohoterwa rikomeje gukorerwa...

Gospel & Faith

Stay on top of what's going on with our subscription deal!

Politics

Sports

Health & Wellness

Gospel News

Business & Economy

Entertainment

Naje kubera umubabaro” – Musaza w’imyaka 82 mu myigaragambyo y’Abanyamulenge i Washington DC

Impunzi z’Abanyamulenge zituye muri United States zazindukiye mu rugendo...

Ndayishimiye yahakanye ibyavuzwe ku nkongi ya Camp Base, avuga ko atari amashanyarazi yahatwitse

Perezida w’u Burundi Évariste Ndayishimiye yahakanye amakuru yari yatangajwe...

Ndayishimiye yavuze ko ashobora kujya i Kigali ariko u Burundi bugakomeza gufunga umupaka n’u Rwanda

Perezida w’u Burundi Évariste Ndayishimiye, kuri ubu unayoboye African...

Other news

Latest Articles

Umugabo w’umwarimu yasanze umugore we aryamanye n’undi musore yigira inama yo kubakingirana gusa bahise bamwereka ko yaruhiye ubusa.

Mu karere ka Nyanza, haravugwa inkuru y’Umugabo wasanze umugore we aryamanye n’undi musore bari mu nzu y’uwo musore, uwo mugabo yigira inama yo kubakingirana.  Byabereye...

Indege ya sosiyete ya Kenya Airways yananiwe kugwa ku kibuga mpuzamahanga cy’Indege cya Kigali

Indege ya sosiyete ya Kenya Airways yerekezaga mu Rwanda kuri iki Cyumweru mu gitondo, byayisabye gusubira i Nairobi nyuma yo kunanirwa kugwa ku Kibuga...

Umukozi muri Sena yirukanwe mu kazi nyuma y’amashusho yamugaragaje asambana n’umugabo mugenzi we mu cyumba cya sena.

Umukozi muri Sena ya Leta zunze Ubumwe za Amerika, yirukanwe mu kazi nyuma y’amashusho yamugaragaje asambana n’umugabo mugenzi we mu cyumba cya sena.  Ni amashusho...

Bihinduye isura! Umubano wa Kenya na RD Congo wajemo agatotsi kubera AFC

Itangazo ry’ishingwa ry’iyi AFC ryagiye ahagaragara ku wa 15 Ukuboza 2023, ryatangajwe na Coroneille Naanga i Nairobi muri imwe mu mahoteli yo muri icyo...
- Advertisement -

AFC imaze iminsi itatu ivutse ihangayikishije Leta ya Amerika »Ambasaderi Lucy Tamlyin  

Ambasade y’Amerika i Kinshasa yatangaje ko ihangayikishijwe cyane n’ishingwa rya Alliance du Fleuve Congo, rigizwe n’abarimo Corneille Nangaa wahoze ayobora Komisiyo y’Amatora (CENI) n’Umuyobozi...

Subscribe

- Gain full access to our premium content

- Never miss a story with active notifications

- Browse free from up to 5 devices at once

Gospel