28.5 C
Africa
Maandag, Mei 4, 2026

Breaking news:

CEO Officer Jean de Dieu yashyize hanze album “Greatest Hits 2026” ya Mulenge Record Musics igamije gukomeza morale y’Abanyamulenge

Mu gihe ibibazo by’umutekano muke, ubwicanyi n’itotezwa bikomeje kuvugwa mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, hagiye hashyirwaho uburyo butandukanye bwo gukomeza ijwi ry’abaturage...

Mahoro Peace Association na Isoko U.S bateguye imyigaragambyo y’amahoro i Washington DC yamagana ihohoterwa rikorerwa Abanyamulenge n’Abatutsi muri RDC

Mahoro Peace Association ifatanyije na Isoko U.S bateguye imyigaragambyo y’amahoro iteganyijwe ku wa 20 Mata 2026 i Washington DC, igamije kwamagana ihohoterwa rikomeje gukorerwa...

Gospel & Faith

Stay on top of what's going on with our subscription deal!

Politics

Sports

Health & Wellness

Gospel News

Business & Economy

Entertainment

Naje kubera umubabaro” – Musaza w’imyaka 82 mu myigaragambyo y’Abanyamulenge i Washington DC

Impunzi z’Abanyamulenge zituye muri United States zazindukiye mu rugendo...

Ndayishimiye yahakanye ibyavuzwe ku nkongi ya Camp Base, avuga ko atari amashanyarazi yahatwitse

Perezida w’u Burundi Évariste Ndayishimiye yahakanye amakuru yari yatangajwe...

Ndayishimiye yavuze ko ashobora kujya i Kigali ariko u Burundi bugakomeza gufunga umupaka n’u Rwanda

Perezida w’u Burundi Évariste Ndayishimiye, kuri ubu unayoboye African...

Other news

Latest Articles

LIVE: Uyu munsi muri Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo bazindukiye mu matora. Uko amatora ari kugenda

Kuri uyu wa Gatatu, tariki 20/12/2023, nibwo abaturage ba Repubulika ya Demokarasi ya Congo, bazindutse batonda kumirongo kugira ngo batore Abayobozi bazabayobora k’urwego rwa...

Ishyano Perezida Tshisekedi yikururiye ubwo yamaganaga ingabo zose zari mu gihugu cye, intandaro yo gutsindwa kwa Politiki ye

Repubulika ya Demokarasi ya Congo yasezereye ingabo zose zari ziri mu gihugu cyayo zaraje mu butumwa bwo kugarura amahoro, muri iki gihugu bituma izi...

Namaze kwitegura: Tshisekedi wananiwe na M23 yashimangiye ko gutera u Rwanda ariyo mahitamo asigaranye

Perezida Felix Tsisekedi wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ubwo yasozaga ibikorwa byo kwiyamamaza yatangaje ko nta yandi mahitamo asigaranye yo kuzahura umubano n’u...

Perezida Ruto wa Kenya yakuriye inzira ku murima Tshisekedi yanga gufata Corneille Nangaa uheruka gushinga ihuriro rya AFC

Perezida wa Kenya, William Ruto, yanze icyifuzo cya Félix Tshisekedi cyo guta muri yombi Corneille Nangaa, washinze ihuriro rishya rya politiki n’igisirikare ririmo imtwe...
- Advertisement -

Bwa mbere, Umukandida ku mwanya wa Perezida wa Repubulika mu Rwanda yasabye leta ya Congo gushyira mu bikorwa amasezerano yagiranye na M23.

Umuyobozi w’ishyaka riharanira demokarasi no kurengera ibidukikije mu Rwanda Dr Habineza Frank  yavuze ko asaba leta ya congo gukora ibikubiye mu masezerano yagiranye n’umutwe...

Subscribe

- Gain full access to our premium content

- Never miss a story with active notifications

- Browse free from up to 5 devices at once

Gospel