28.6 C
Africa
Sondag, Mei 3, 2026

Breaking news:

CEO Officer Jean de Dieu yashyize hanze album “Greatest Hits 2026” ya Mulenge Record Musics igamije gukomeza morale y’Abanyamulenge

Mu gihe ibibazo by’umutekano muke, ubwicanyi n’itotezwa bikomeje kuvugwa mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, hagiye hashyirwaho uburyo butandukanye bwo gukomeza ijwi ry’abaturage...

Mahoro Peace Association na Isoko U.S bateguye imyigaragambyo y’amahoro i Washington DC yamagana ihohoterwa rikorerwa Abanyamulenge n’Abatutsi muri RDC

Mahoro Peace Association ifatanyije na Isoko U.S bateguye imyigaragambyo y’amahoro iteganyijwe ku wa 20 Mata 2026 i Washington DC, igamije kwamagana ihohoterwa rikomeje gukorerwa...

Gospel & Faith

Stay on top of what's going on with our subscription deal!

Politics

Sports

Health & Wellness

Gospel News

Business & Economy

Entertainment

Naje kubera umubabaro” – Musaza w’imyaka 82 mu myigaragambyo y’Abanyamulenge i Washington DC

Impunzi z’Abanyamulenge zituye muri United States zazindukiye mu rugendo...

Ndayishimiye yahakanye ibyavuzwe ku nkongi ya Camp Base, avuga ko atari amashanyarazi yahatwitse

Perezida w’u Burundi Évariste Ndayishimiye yahakanye amakuru yari yatangajwe...

Ndayishimiye yavuze ko ashobora kujya i Kigali ariko u Burundi bugakomeza gufunga umupaka n’u Rwanda

Perezida w’u Burundi Évariste Ndayishimiye, kuri ubu unayoboye African...

Other news

Latest Articles

«Kenya igomba kuduha ibisobanuro» Leta ya RD-Congo yariye Karungu nyuma yishingwa rya AFC (Alliance Fleuve Congo)

Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo yijunditse Kenya iyihora kuba yaremeye ko ihuriro Alliance Fleuve Congo rishingirwa ku butaka bwayo. Ku wa Gatanu tariki ya 15...

Mbere y’uko amatora aba Leta ya RD-Congo iratabaza Umuryango w’Abibumbye (Loni)

Leta ya RD-Congo yasabye Umuryango w’Abibumbye (Loni) ubufasha mu gutwara ibikoresho bikenerwa mu matora rusange ateganyijwe kuba mu cyumweru gitaha. Mu ibaruwa ambasaderi wa DRC...

Ibyo Justin Bitakwira yasabye Mai Mai gukorera agace ka Minembwe byababaje  Abanyamulenge bose

Justin Bihona wigezeho kuba Minisitiri w’amajyambere muri RDC akomeje kuvugwaho amacakubiri mu Banyekongo aho  akomeje guhamagarira inyeshyamba za Mai mai gusenya agace ka Minembwe...

Nairobi: Corneille Nangaa yatangaje ku mugaragaro ko yamaze kwihuza na M23

Corneille Nangaa wahoze ari Perezida wa Komisiyo y’amatora muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC), yihuje n’imitwe irimo uwa M23 bashinga ihuriro rishya bise...
- Advertisement -

Kigali: Umugabo yagiye kwiyahura kubera ko umugore we amuca inyuma agira Imana ntiyapfa none umugore yahise amwirukana mu nzu.

Umugabo witwa Nizeyimana Mustafa yagiye kwiyahura kubera ko umugore we amuca inyuma agira Imana ntiyapfa none umugore yahise amwirukana mu nzu.  Umugabo utuye mu karere...

Subscribe

- Gain full access to our premium content

- Never miss a story with active notifications

- Browse free from up to 5 devices at once

Gospel