Mahoro Peace Association ifatanyije na Isoko U.S bateguye imyigaragambyo y’amahoro iteganyijwe ku wa 20 Mata 2026 i Washington DC, igamije kwamagana ihohoterwa rikomeje gukorerwa...
Sosiyete nyinshi zo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika zikora ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro zirimo kugaragaza ubushake bwo gushora imari mu birombe bya...
Biravugwa ko M23 n’igisirikare cya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo byemeye guhagarika imirwano mu bice byo mu burasirazuba bw'iki gihugu mu gihe cy’ibindi byumweru...
Jean Claude Kwizera wamenyekanye nka Papa Legend OG Ntavuga rumwe nabo bafatanyije guteza imbere ShowBiz Nyamulenge nyuma yo gutegura amarushanwa bamwe bakisanga mubahatana kandi...
Uwari Umuyobozi w’Umudugudu wa Cyimana mu Kagari ka Kibirizi, Umurenge wa Rubengera mu Karere ka Karongi; wegujwe nyuma yo kubaza ikibazo Umuyobozi w’Akarere, bigakekwa...
Major Willy Ngoma, Umuvugizi wa gisirikare w’umutwe wa M23, yavuze ku bihano aheruka gufatirwa na Leta Zunze Ubumwe za Amerika, ashimangira ko aniteguye gupfa...
Ubuyobozi bw’umutwe wa M23 burashinja ingabo za Leta ya Congo FARDC kutubahiriza agahenge k’amasaha 72, katanzwe ku busabe bwa Leta Zunze Ubumwe z’Amerika (USA).
USA...