35.6 C
Africa
Sondag, Mei 3, 2026

Breaking news:

CEO Officer Jean de Dieu yashyize hanze album “Greatest Hits 2026” ya Mulenge Record Musics igamije gukomeza morale y’Abanyamulenge

Mu gihe ibibazo by’umutekano muke, ubwicanyi n’itotezwa bikomeje kuvugwa mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, hagiye hashyirwaho uburyo butandukanye bwo gukomeza ijwi ry’abaturage...

Mahoro Peace Association na Isoko U.S bateguye imyigaragambyo y’amahoro i Washington DC yamagana ihohoterwa rikorerwa Abanyamulenge n’Abatutsi muri RDC

Mahoro Peace Association ifatanyije na Isoko U.S bateguye imyigaragambyo y’amahoro iteganyijwe ku wa 20 Mata 2026 i Washington DC, igamije kwamagana ihohoterwa rikomeje gukorerwa...

Gospel & Faith

Stay on top of what's going on with our subscription deal!

Politics

Sports

Health & Wellness

Gospel News

Business & Economy

Entertainment

Naje kubera umubabaro” – Musaza w’imyaka 82 mu myigaragambyo y’Abanyamulenge i Washington DC

Impunzi z’Abanyamulenge zituye muri United States zazindukiye mu rugendo...

Ndayishimiye yahakanye ibyavuzwe ku nkongi ya Camp Base, avuga ko atari amashanyarazi yahatwitse

Perezida w’u Burundi Évariste Ndayishimiye yahakanye amakuru yari yatangajwe...

Ndayishimiye yavuze ko ashobora kujya i Kigali ariko u Burundi bugakomeza gufunga umupaka n’u Rwanda

Perezida w’u Burundi Évariste Ndayishimiye, kuri ubu unayoboye African...

Other news

Latest Articles

Hamenyekanye igihe kirekire cyongerewe ku gahenge kari kamaze iminsi 2 mu ntambara M23 ihanganyemo na FARDC

Biravugwa ko M23 n’igisirikare cya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo byemeye guhagarika imirwano mu bice byo mu burasirazuba bw'iki gihugu mu gihe cy’ibindi byumweru...

Nairobi: Papa Legend OG ntavuga rumwe n’abo bafatanyije iterambere rya Showbiz Nyamulenge

Jean Claude Kwizera wamenyekanye nka Papa Legend OG Ntavuga rumwe nabo bafatanyije guteza imbere ShowBiz Nyamulenge nyuma yo gutegura amarushanwa bamwe bakisanga mubahatana kandi...

Umuyobozi w’Umudugudu wegujwe nyuma yo kubaza ikibazo Mayor yahishuye ikindi kibyihishe inyuma

Uwari Umuyobozi w’Umudugudu wa Cyimana mu Kagari ka Kibirizi, Umurenge wa Rubengera mu Karere ka Karongi; wegujwe nyuma yo kubaza ikibazo Umuyobozi w’Akarere, bigakekwa...

Major Willy Ngoma yahishuye ko yiteguye gupfa, anakomoza ku bihano bya Leta Zunze Ubumwe za Amerika

Major Willy Ngoma, Umuvugizi wa gisirikare w’umutwe wa M23, yavuze ku bihano aheruka gufatirwa na Leta Zunze Ubumwe za Amerika, ashimangira ko aniteguye gupfa...
- Advertisement -

Yari amayeri ya FARDC na Leta Zunze Ubumwe za Amerika? Agahenge kari kahawe umugisha kateshejwe agaciro!

Ubuyobozi bw’umutwe wa M23 burashinja ingabo za Leta ya Congo FARDC kutubahiriza agahenge k’amasaha 72, katanzwe ku busabe bwa Leta Zunze Ubumwe z’Amerika (USA).  USA...

Subscribe

- Gain full access to our premium content

- Never miss a story with active notifications

- Browse free from up to 5 devices at once

Gospel