38.1 C
Africa
Sondag, Mei 3, 2026

Breaking news:

CEO Officer Jean de Dieu yashyize hanze album “Greatest Hits 2026” ya Mulenge Record Musics igamije gukomeza morale y’Abanyamulenge

Mu gihe ibibazo by’umutekano muke, ubwicanyi n’itotezwa bikomeje kuvugwa mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, hagiye hashyirwaho uburyo butandukanye bwo gukomeza ijwi ry’abaturage...

Mahoro Peace Association na Isoko U.S bateguye imyigaragambyo y’amahoro i Washington DC yamagana ihohoterwa rikorerwa Abanyamulenge n’Abatutsi muri RDC

Mahoro Peace Association ifatanyije na Isoko U.S bateguye imyigaragambyo y’amahoro iteganyijwe ku wa 20 Mata 2026 i Washington DC, igamije kwamagana ihohoterwa rikomeje gukorerwa...

Gospel & Faith

Stay on top of what's going on with our subscription deal!

Politics

Sports

Health & Wellness

Gospel News

Business & Economy

Entertainment

Naje kubera umubabaro” – Musaza w’imyaka 82 mu myigaragambyo y’Abanyamulenge i Washington DC

Impunzi z’Abanyamulenge zituye muri United States zazindukiye mu rugendo...

Ndayishimiye yahakanye ibyavuzwe ku nkongi ya Camp Base, avuga ko atari amashanyarazi yahatwitse

Perezida w’u Burundi Évariste Ndayishimiye yahakanye amakuru yari yatangajwe...

Ndayishimiye yavuze ko ashobora kujya i Kigali ariko u Burundi bugakomeza gufunga umupaka n’u Rwanda

Perezida w’u Burundi Évariste Ndayishimiye, kuri ubu unayoboye African...

Other news

Latest Articles

Byakomeye: Izina «Abanationalist» riri kurikoroza mu bwoko bw’Abanyamulenge

Abanyamulenge, basanzwe ari abantu bagira amateka amwe, umuco umwe ndetse n’ubutunzi busa (économies), kubera iki izina Abanationalist rikomeje kuba agaterera nzamba mu mitwe y’ububwoko? Iyi...

Abasirikare b’u Burundi bakijweho umuriro w’amasasu na M23 baba bagejejwe i Bujumbura bacyambaye impuzankano za FARDC?

Abasirikare b’u Burundi baravugwaho gucyurwa nyuma yo kwigumura ku buyobozi bwabo, bakanga kwifatanya n’igisirikare cya Repubulika ya demukarasi ya Congo (RDC) n’imitwe ya Wazalendo...

Perezida Félix Tshisekedi yijeje abaturage ba GOMA ikintu gikomeye bose bamukomera amashyi

Mu gihe habura iminsi ibarirwa ku ntoki ngo amataro yo muri RD-Congo atangire, Félix Tshisekedi yijeje abaturange batuye umugi wa Goma ko azabohoza uduce...

Abasirikare b’u Burundi bahisemo gutaha iwabo n’amaguru aho kugwa muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo

Biravugwa ko Ingabo z’u Burundi zari muri Kivu y’amajyaruguru muri Repubilika iharanira Demokarasi ya Congo mu butumwa bw’umuryango w’Afurika y’Iburasirazuba nyuma zikaza gutegekwa kwambura...
- Advertisement -

Rwanda: Umupolisi yapfuye urupfu rutunguranye

Umupolisikazi wari wiriwe mu kazi mu Karere ka Rwamagana yari asanzwe akoreramo, yitabye Imana bitunguranye ku mugoroba, nyuma yo kujyanwa kwa muganga igitaraganya ataka...

Subscribe

- Gain full access to our premium content

- Never miss a story with active notifications

- Browse free from up to 5 devices at once

Gospel