37.8 C
Africa
Sondag, Mei 3, 2026

Breaking news:

CEO Officer Jean de Dieu yashyize hanze album “Greatest Hits 2026” ya Mulenge Record Musics igamije gukomeza morale y’Abanyamulenge

Mu gihe ibibazo by’umutekano muke, ubwicanyi n’itotezwa bikomeje kuvugwa mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, hagiye hashyirwaho uburyo butandukanye bwo gukomeza ijwi ry’abaturage...

Mahoro Peace Association na Isoko U.S bateguye imyigaragambyo y’amahoro i Washington DC yamagana ihohoterwa rikorerwa Abanyamulenge n’Abatutsi muri RDC

Mahoro Peace Association ifatanyije na Isoko U.S bateguye imyigaragambyo y’amahoro iteganyijwe ku wa 20 Mata 2026 i Washington DC, igamije kwamagana ihohoterwa rikomeje gukorerwa...

Gospel & Faith

Stay on top of what's going on with our subscription deal!

Politics

Sports

Health & Wellness

Gospel News

Business & Economy

Entertainment

Naje kubera umubabaro” – Musaza w’imyaka 82 mu myigaragambyo y’Abanyamulenge i Washington DC

Impunzi z’Abanyamulenge zituye muri United States zazindukiye mu rugendo...

Ndayishimiye yahakanye ibyavuzwe ku nkongi ya Camp Base, avuga ko atari amashanyarazi yahatwitse

Perezida w’u Burundi Évariste Ndayishimiye yahakanye amakuru yari yatangajwe...

Ndayishimiye yavuze ko ashobora kujya i Kigali ariko u Burundi bugakomeza gufunga umupaka n’u Rwanda

Perezida w’u Burundi Évariste Ndayishimiye, kuri ubu unayoboye African...

Other news

Latest Articles

Abafashe telefone za “macye macye” bararira ayo kwarika kubera ibiri kuba kuri Telefoni zabo no ku mafaranga babitsa kuri konti zabo kandi baramaze kwishyura

Mu mwaka ushize nibwo Sosiyete y’itumanaho ya MTN ifatanyije na Banki ya Kigali, batangije gahunda yiswe ’MACYE MACYE’ igamije gufasha Abanyarwanda kubona telefone zigezweho...

Kigali: Umubyeyi witwa Mama Jean yari ari mu nzu nyiri nzu araza ahita ayikuraho amabati.

Ku Kimisagara haravugwa inkuru y’umubyeyi witwa Mama Jean uri gutabaza nyuma yuko Nyiri nzu amusakamburiyeho inzu yabagamo bapfuye iminsi 3 gusa yari amaze ataramwishyura...

Ntacyo mbuze muri Uganda cyatuma nkenera kujya muri Amerika: Museveni wishongoye cyane kuri USA

Mu masengesho asoza umwaka yo gushima lmana, Perezida Yoweri Kaguta Museveni wa Uganda yishongoye kuri Leta Zunze Ubumwe za Amerika anenga kuba zitanga amabwiriza...

Kiliziya Gatolika yavuze icyo ikeneye kuri Leta ya Congo na M23 inahishura icyo yifuza ko u Rwanda n’u Burundi bikora ku ntambara

Ubuyobozi  bwa Kiliziya Gatolika muri  Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo  bwasabye Leta y’icyo gihugu kugirana ibiganiro n’inyeshyamba z’umutwe wa M23 mu rwego rwo gukemura...
- Advertisement -

Intambara iratutumba muri Burkina Faso nyuma y’iminsi haburijwemo igikorwa cyo guhirika ubutegetsi bwa Capt Ibrahim Traoré

Ibrahim Traoré usanwe ayobora igihugu cya Burkina Faso yatangaje ko ari kwitegura intambara yo guhashya imitwe y’iterabwoba mu gihugu cye. Ibi yabitangaje ubwo bizihizaga isabukuru...

Subscribe

- Gain full access to our premium content

- Never miss a story with active notifications

- Browse free from up to 5 devices at once

Gospel