Mahoro Peace Association ifatanyije na Isoko U.S bateguye imyigaragambyo y’amahoro iteganyijwe ku wa 20 Mata 2026 i Washington DC, igamije kwamagana ihohoterwa rikomeje gukorerwa...
Sosiyete nyinshi zo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika zikora ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro zirimo kugaragaza ubushake bwo gushora imari mu birombe bya...
Mu mwaka ushize nibwo Sosiyete y’itumanaho ya MTN ifatanyije na Banki ya Kigali, batangije gahunda yiswe ’MACYE MACYE’ igamije gufasha Abanyarwanda kubona telefone zigezweho...
Ku Kimisagara haravugwa inkuru y’umubyeyi witwa Mama Jean uri gutabaza nyuma yuko Nyiri nzu amusakamburiyeho inzu yabagamo bapfuye iminsi 3 gusa yari amaze ataramwishyura...
Mu masengesho asoza umwaka yo gushima lmana, Perezida Yoweri Kaguta Museveni wa Uganda yishongoye kuri Leta Zunze Ubumwe za Amerika anenga kuba zitanga amabwiriza...
Ibrahim Traoré usanwe ayobora igihugu cya Burkina Faso yatangaje ko ari kwitegura intambara yo guhashya imitwe y’iterabwoba mu gihugu cye.
Ibi yabitangaje ubwo bizihizaga isabukuru...