31.1 C
Africa
Sondag, Mei 3, 2026

Breaking news:

CEO Officer Jean de Dieu yashyize hanze album “Greatest Hits 2026” ya Mulenge Record Musics igamije gukomeza morale y’Abanyamulenge

Mu gihe ibibazo by’umutekano muke, ubwicanyi n’itotezwa bikomeje kuvugwa mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, hagiye hashyirwaho uburyo butandukanye bwo gukomeza ijwi ry’abaturage...

Mahoro Peace Association na Isoko U.S bateguye imyigaragambyo y’amahoro i Washington DC yamagana ihohoterwa rikorerwa Abanyamulenge n’Abatutsi muri RDC

Mahoro Peace Association ifatanyije na Isoko U.S bateguye imyigaragambyo y’amahoro iteganyijwe ku wa 20 Mata 2026 i Washington DC, igamije kwamagana ihohoterwa rikomeje gukorerwa...

Gospel & Faith

Stay on top of what's going on with our subscription deal!

Politics

Sports

Health & Wellness

Gospel News

Business & Economy

Entertainment

Naje kubera umubabaro” – Musaza w’imyaka 82 mu myigaragambyo y’Abanyamulenge i Washington DC

Impunzi z’Abanyamulenge zituye muri United States zazindukiye mu rugendo...

Ndayishimiye yahakanye ibyavuzwe ku nkongi ya Camp Base, avuga ko atari amashanyarazi yahatwitse

Perezida w’u Burundi Évariste Ndayishimiye yahakanye amakuru yari yatangajwe...

Ndayishimiye yavuze ko ashobora kujya i Kigali ariko u Burundi bugakomeza gufunga umupaka n’u Rwanda

Perezida w’u Burundi Évariste Ndayishimiye, kuri ubu unayoboye African...

Other news

Latest Articles

Amanota yasohotse: Abahungu batsinze neza kurusha abakobwa mu bizamini bisoza ayisumbuye mu 2022/2023

Uyu munsi Minisiteri y’Uburezi yatangaje ko abahungu batsinze neza kurusha abakobwa mu bizamini bya leta bisoza amashuri yisumbuye mu mwaka w’amashuri wa 2022/2023. Amanota y’ibyavuye...

Lt. Patrick Gisore Kabogo yaba agiye guhambwa ubutabera – Human Rights Watch

Mu nkuru igaragara k’urubuga rw’Umuryango Human Rights Watch ivuga ko uyu muryango wasabye Leta ya Congo kuburanisha abakekwaho guhitana Lt. Patrick Gisore Kabogo, umusirikare...

Haribazwa irengero rya Eric Semuhungu wavuzweho gufata kungufu ingimbi itaruzuza imyaka 18

Kugeza ubu ni igihe kingana n’amezi atandatu, abakunzi ba Semuhugu Eric bibaza aho uyu musore yarengeye, dore ko atakigaragara kumbugankoranyambaga zose ya koreshaga. Dukoze iyi...

RDC: Uko byagenze kugirango M23 yivugane umwe mu bayobozi ba FDLR Col Ruhinda

Col Ruvugayimikore Protogène Alias Ruhinda wari ukuriye umutwe w’Ingabo zidasanzwe za FDLR byatangajwe ko yivugwanywe n’umutwe wa M23. Kuze ubu amakuru corridorreport.com yatohoje neza; avuga...
- Advertisement -

EAC: Ingabo za Kenya nizo zabimburiye izindi mu kuva kubutaka bwa RD-CONGO

Kuri iki cyumweru tariki ya 03 Ukuboza 2023 haravugwa inkuru y’uko Ingabo Umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC) wari warohereje mu butumwa bwo kugarura amahoro...

Subscribe

- Gain full access to our premium content

- Never miss a story with active notifications

- Browse free from up to 5 devices at once

Gospel